Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
U Rwanda rwashyikirijwe ubuyobozi bwa EAPCCO bwari bufitwe n’u Burundi
30/01/2025 - 15:09
Abacanshuro barwaniraga muri Congo biruhukije bageze mu Rwanda
29/01/2025 - 15:12
Impunzi zirimo n’abacanshuro barwaniraga muri Congo zikomeje kuza mu Rwanda
29/01/2025 - 15:00
Baratatse M23 irabumva: Operation yo kubohoza abashoferi b’Abanyamahanga i Goma
29/01/2025 - 13:24
RwandAir na RBC: Dore amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje ibi bigo
27/01/2025 - 15:17
Intwari z’i Nyange zanze kwitandukanya: Ibyababayeho mu ijoro ry’icuraburindi
24/01/2025 - 18:51
Abadozi bo mu Rwanda biyemeje kwibagiza abantu burundu Caguwa
24/01/2025 - 18:35
Sadate yahishuye inkomoko y’ubutunzi bwe, menya igisobanuro cy’ubukire
24/01/2025 - 18:20
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo