Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Perezida Kagame yihanangirije u Bubiligi kubera uko bwitwara mu ntambara ya Congo
16/03/2025 - 16:36
Igitaramo cy’Inka: Itorero Inyamibwa mu mbyino gakondo zinogeye amaso
16/03/2025 - 11:03
Tujyane ku ishuri rya Muzika ry’u Rwanda aharemerwa ibirangirire
14/03/2025 - 09:10
Irebere uko abagore bakataje mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro
12/03/2025 - 09:00
Dore uko bubatse ubuvumo bucukurwamo Coltan i Rwamagana
6/03/2025 - 09:38
Dutemberane mu Kirombe cya Rukaragata gicukura Coltan ikunzwe cyane ku isoko mpuzamahanga
5/03/2025 - 08:40
Amerika yohereje mu Rwanda Mbonyunkiza wari warakatiwe burundu n’Inkiko Gacaca
4/03/2025 - 23:42
Tembera i Rulindo ahacukurwa ‘Tungsten’ yifashishwa mu gukora intwaro zikomeye
4/03/2025 - 00:53
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo