Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Musanze Polytechnic, ishuri rishya ry’imyuga rijyanye n’igihe!
3/06/2015 - 11:45
Ikibazo cy’ubumenyi buke mu batekinisiye ba Radiyo cyabonewe umuti
22/05/2015 - 11:59
Abakunzi b’ikipe ya Arsenal baremeye imiryango 36 y’abarokotse Jenoside
11/05/2015 - 14:21
Uburyo Gakinjiro/Gakiriro ya Gisozi imaze guhindura isura y’umujyi wa Kigali!
1/05/2015 - 15:17
Abatekinisiye ba Radio mu Rwanda barimo guhabwa amahugurwa
17/04/2015 - 12:02
Ese impfubyi za Jenoside zibayeho gute mu nyubako nshya ya One Dollar Campaign?
14/04/2015 - 15:22
Kidumu asanga Perezida Kagame ari umuyobozi w’ikitegererezo
1/04/2015 - 10:21
Bisesero: "Inkotanyi ntizarokoye abahigwaga gusa!"
25/03/2015 - 11:00
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo