Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

President Kagame Welcomes 4 New Ambassadors to Rwanda
8/09/2025 - 21:19
Minisitiri w’Intebe yasuye Rubavu Port n’Uruganda rwa Shema Power Lac Kivu
6/09/2025 - 21:05
Rwanda Celebrates 20th ’Kwita Izina’ Gorilla Naming / Kinigi / September 5, 2025
6/09/2025 - 09:33Iziheruka

Abahanzi bari muri Guma Guma mu gitaramo i Ngoma(Part I)
12/06/2013 - 14:15
Iterambere ry’umugore mu Rwanda
7/06/2013 - 16:27
Irushanwa rya PGGSS 3 mu Karere ka Karongi (Part II)
6/06/2013 - 08:57
Igitaramo cy’abahanzi bari muri Guma Guma i Karongi(Part I)
5/06/2013 - 09:19
Uburyo umuhanzi Riderman yashimishije abakunzi ba muzika i Nyanza (Part III)
30/05/2013 - 14:54
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Nyanza (Part II)
30/05/2013 - 11:34
Irushanwa rya Guma Guma mu Karere ka Nyanza (Part I)
29/05/2013 - 09:48
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Nyamagabe (Part II)
24/05/2013 - 09:12
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo