Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12
HOTPOINT Rwanda unveils New and Bigger Retail Showroom In Kigali - Kicukiro
9/07/2025 - 17:24Iziheruka
Umuhango wo gusezera no gushyingura Minisitiri Aloisea INYUMBA
13/12/2012 - 21:06Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gushyingura umuhanzi HIRWA HENRY
6/12/2012 - 07:39ORINFOR yihariye ibihembo by’abanyamakuru bitwaye neza byatanzwe na RGB
2/12/2012 - 20:34Urban Boyz yamuritse Album bise"Batatu ku Rugamba"
27/11/2012 - 16:56Bwa mbere mu mateka, Dream Boyz yamuritse Album mu gitaramo kiri LIVE
12/11/2012 - 20:34EXPO y’imyuga, urubuga rwo kwerekana iterambere ry’ubumenyingiro mu Rwanda
9/11/2012 - 12:49Afite ubushobozi bwo kwigana uburyo inyamaswa n’inyoni zivuga!
6/11/2012 - 13:18KANYOMBYA yakoze ubukwe! Reba udushya twagaragayemo.
26/10/2012 - 07:42
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo