Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
New article No75708
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21Iziheruka
Perezida Kagame yanyuze ku mupaka akoresheje Indangamuntu nk’icyangombwa cy’inzira
19/02/2014 - 20:02
Abenshi mu bitabiriye igitaramo cya Christopher ni igitsina gore!
19/02/2014 - 12:12
Ese abakobwa bahatanira ikamba rya ’Miss Rwanda 2014’ babayeho bate mu mwiherero?
17/02/2014 - 09:01
Itorero Urukerereza mu mukino usobanura gahunda ya "Ndi Umunyarwanda"
5/02/2014 - 10:59
Mu gutora Miss Rwanda 2014 mu Burasirazuba, abakobwa basabwe gukuramo inkweto!
1/02/2014 - 11:59
Uburyo igikorwa cyo gutora Miss Rwanda 2014 mu Ntara y’Amajyepfo cyagenze
28/01/2014 - 10:30
Byari bishyushye mu gutora ’Miss Rwanda 2014’ mu Burengerazuba
22/01/2014 - 16:44
"Urumuri rutazima" rukomeje kuzenguruka Uturere dutandukanye tw’ u Rwanda
17/01/2014 - 18:54
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo