Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
New article No75708
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21Iziheruka
Irushanwa rya Guma Guma mu Karere ka Nyanza (Part I)
29/05/2013 - 09:48
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Nyamagabe (Part II)
24/05/2013 - 09:12
Ishuri rya Africa Digital Media Academy ryahesheje u Rwanda igihembo
23/05/2013 - 09:08
Abahanzi bari muri Guma Guma mu gitaramo i Nyamagabe(Part I)
21/05/2013 - 08:35
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Rusizi (Part II)
17/05/2013 - 15:41
Udushya:Abafana ba Rayon Sports bishimira igikombe cya Shampiyona!
16/05/2013 - 09:12
Uburyo Abahanzi bahatanira PGGSS III bitwaye mu gitaramo i Rusizi(Part I)
14/05/2013 - 15:27
Miss Rwanda mu gikorwa cyo kwibuka urubyiruko rwazize jenoside
18/04/2013 - 18:36
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo