Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
BOB MARLEY NI MUNTU KI
12/05/2014 - 09:00
Uburyo abahanzi bari muri Guma Guma bitwaye mu gitaramo bakoreye i Huye
6/05/2014 - 14:08
Abahanzi bari muri Guma Guma bitabiriye umuganda batanga n’amashanyarazi
2/05/2014 - 17:45
Amasomo y’imyuga mu gufasha abarokotse Jenoside kongera kwiyubaka
23/04/2014 - 10:14
Umukozi wo mu rugo ushinjwa kwica umwana amukase ijosi, yasabiwe gufungwa burundu
18/04/2014 - 13:16
Abahanzi bari muri Primus Guma Guma Superstar mu bikorwa byo kwibuka Jenocide
15/04/2014 - 10:09
Jay Polly yarigaragaje mu gitaramo cya Guma Guma i Nyamagabe
2/04/2014 - 11:20
Reborn Kyoto, umushinga w’Abayapani mu guteza imbere ubudozi mu Rwanda
5/03/2014 - 11:51
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo