Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21Iziheruka
IPRC South irateganya gutangiza amasomo ajyanye no gutwara Gari ya Moshi
27/02/2016 - 12:19
Ba Nyampinga basuye ibyiza bitatse Pariki y’Akagera
24/02/2016 - 09:19
Uko abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 babayeho mu mwiherero
20/02/2016 - 21:25
Icyo abaturage basaba abayobozi bashya mu nzego z’ibanze
19/02/2016 - 09:13
Umuhango wo gutoranya abakobwa 15 bazavamo nyampinga w’u Rwanda 2016
18/02/2016 - 08:52
Abahanzi b’indirimbo z’urukundo ni bo bataramiye Abanyarwanda ku munsi w’abakundana
17/02/2016 - 14:52
Umunsi w’abakundanye (Valentine’s Day) umaze gufata indi ntera mu Rwanda
16/02/2016 - 11:31
Ubuhamya bw’umusore wagizwe imbata n’ibiyobyabwenge
12/02/2016 - 15:47
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo