Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Kigali Leadership Summit
10/09/2015 - 16:33
Igitaramo Hobe Rwanda cyongeye kwibutsa umuco w’u Rwanda
7/09/2015 - 16:41
Ikipe ya Ghana yakoze imyitozo yitegura umukino n’Amavubi
4/09/2015 - 23:40
Ikigo cy’imyuga cya Nyarutarama cyatangiye gutanga umusaruro
27/08/2015 - 11:24
Imihanda imwe n’imwe mu mujyi wa Kigali yagizwe iy’abanyamaguru gusa!
24/08/2015 - 19:14
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia ari mu Rwanda
20/08/2015 - 21:39
Natasha ni we wegukanye ikamba rya Miss High School 2015
18/08/2015 - 09:27
Knowless wegukanye Primus Guma Guma Superstar ya 5, ni muntu ki?
16/08/2015 - 09:45
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo