Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
ISCA2025: La part des Africains est la plus grande face aux soucis du monde - Louise Mushikiwabo
20/05/2025 - 07:41
KWIBUKA31: Akaremangingo kagize u Rwanda ni ubudaheranwa nk’ubwaranze abashinze APACOPE - Min Rwego
19/05/2025 - 12:47Iziheruka

Abahanzi bari muri Guma Guma bitabiriye umuganda batanga n’amashanyarazi
2/05/2014 - 17:45
Amasomo y’imyuga mu gufasha abarokotse Jenoside kongera kwiyubaka
23/04/2014 - 10:14
Umukozi wo mu rugo ushinjwa kwica umwana amukase ijosi, yasabiwe gufungwa burundu
18/04/2014 - 13:16
Abahanzi bari muri Primus Guma Guma Superstar mu bikorwa byo kwibuka Jenocide
15/04/2014 - 10:09
Jay Polly yarigaragaje mu gitaramo cya Guma Guma i Nyamagabe
2/04/2014 - 11:20
Reborn Kyoto, umushinga w’Abayapani mu guteza imbere ubudozi mu Rwanda
5/03/2014 - 11:51
Nyampinga w’ u Rwanda 2014 ni Akiwacu Colombe
26/02/2014 - 12:20
Perezida Kagame yanyuze ku mupaka akoresheje Indangamuntu nk’icyangombwa cy’inzira
19/02/2014 - 20:02
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo