Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Uburyo bifuza ko ingingo ya 101 yakwandikwa nyuma yo kuvugururwa
23/07/2015 - 20:07
Umuturage yaje yiteguye gutora, ariko nyuma asanga ari ibiganiro ku itegeko nshinga
22/07/2015 - 18:29
Bamwe mu bakobwa bagaragaje imyambarire idasanzwe muri Kigali Fashion Week!
22/07/2015 - 09:28
Abakristo bahinduye idini ku munsi wa Eid IL Fitr, baba Abayisilamu
21/07/2015 - 10:38
Hitabajwe kizimyamwoto enye kugirango bazimye Hotel Phionah
20/07/2015 - 17:52
Iminsi 100 y’icyunamo yasojwe no kuzimya urumuri rw’ikizere
17/07/2015 - 11:44
Mashirika performs"BRIDGE OF ROSES"at Ubumuntu
16/07/2015 - 12:00
Ethiopia performs "DESPERATE TO FIGHT" at Ubumuntu Festival
15/07/2015 - 10:24
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo