Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21Iziheruka
Abahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama
11/02/2016 - 09:18
Ni bande batowe ku munsi wa mbere w’amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze?
11/02/2016 - 09:08
Umuryango w’Abibumbye urashima iterambere ry’inganda mu Rwanda
4/02/2016 - 22:15
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 (Igice cya Gatatu)
4/02/2016 - 16:58
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 (Igice cya Kabiri)
3/02/2016 - 16:48
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016
2/02/2016 - 14:23
Ni ubuhe butumwa Perezida Kagame yageneye Amavubi mbere y’umukino na Congo?
29/01/2016 - 08:53
Ikipe ya Morocco yakuye isomo ry’amahoro ku Rwanda
28/01/2016 - 14:52
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo