Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Teta Diana yatewe ishema no kumva ko Stromae akunda ibihangano bye
30/10/2015 - 09:36
Hatewe indi ntambwe mu nzira igana kuri Kamarampaka
29/10/2015 - 20:04
Ibiganiro mpaka hagati y’Abanyamakuru, Abahanzi n’Abakora indirimbo!
27/10/2015 - 18:12
Ibihe by’igenzi byaranze umukino wa Rayon na APR
26/10/2015 - 08:55
Abayobozi ba Rayon Sports basobanuye ikibazo bagiranye n’umutoza
26/10/2015 - 08:46
Minisitiri Mushikiwabo yasobanuye byinshi ku bibera mu Burundi na FDLR
23/10/2015 - 01:19
Ibihe byingenzi byaranze transform africa 2015
22/10/2015 - 09:20
Igitaramo cya STROMAE, Intambara y’Iburundi n’ifatwa ry’amashusho nibyo BIG FIZZO yatangaje akigera i Kigali
15/10/2015 - 17:58
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo