Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Kigali Today Ltd yasoje icyiciro cya mbere cy’amahugurwa mu gufotora
8/12/2015 - 13:40
Ese waba uzi icyateye KING JAMES gukora indirimbo "NARAMUKUNDAGA"
3/12/2015 - 11:03
Umuryango wa Rayon Sports ugiye gushyiraho ikipe y’amagare
1/12/2015 - 18:29
Mani Martin yerekanye ko ashoboye itangazamakuru
30/11/2015 - 10:58
IPRC - East ikomeje guhanga udushya mu iterambere ry’imyuga
27/11/2015 - 14:57
Wari uzi ko imitumba y’insina isigaye ikorwamo ’Cotex’!
24/11/2015 - 11:26
Ubuhinzi ntibugishingiye ku isuka gusa, hajemo n’ikoranabuhanga
19/11/2015 - 16:52
Stage 1: Tour du Rwanda 2015
17/11/2015 - 13:41
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo