Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46Iziheruka

Sena yemeje ishingiro ry’umushinga w’ivugurura ry’Itegeko Nshinga
10/11/2015 - 11:10
Ubuhamya bw’umusore wagizwe imbata na "Siriduwiri"
4/11/2015 - 09:43
No Comment....!!
2/11/2015 - 16:34
Perezida Kagame na Madame mu muganda n’abaturage ba Ndera
1/11/2015 - 11:52
Teta Diana yatewe ishema no kumva ko Stromae akunda ibihangano bye
30/10/2015 - 09:36
Hatewe indi ntambwe mu nzira igana kuri Kamarampaka
29/10/2015 - 20:04
Ibiganiro mpaka hagati y’Abanyamakuru, Abahanzi n’Abakora indirimbo!
27/10/2015 - 18:12
Ibihe by’igenzi byaranze umukino wa Rayon na APR
26/10/2015 - 08:55
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo