Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21Iziheruka
Uwase Annick niwe wegukanye ikamba rya Miss IPRC Kigali TSS 2016
31/10/2016 - 13:25
Hatangijwe ubukangurambaga kuri gahunda ya NEP - Kora Wigire
28/10/2016 - 09:16
Bimwe mu byaranze amasiganwa ategura Tour du Rwanda 2016
27/10/2016 - 14:54
Rayon Sports yananiwe kwikura imbere ya Espoir FC, zinganya 0-0
24/10/2016 - 21:03
Umwami wa Maroc yasoje uruzinduko rwe mu Rwanda
23/10/2016 - 22:31
Ibihe by’ingenzi byaranze kwibuka nyakwigendera Gakwaya
21/10/2016 - 10:50
Umwami wa Maroc yunamiye inzirakarengane za Jenoside
21/10/2016 - 09:10
Perezida Kagame yakiriye Umwami Mohammed wa Maroc
20/10/2016 - 06:27
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo