Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21Iziheruka
SAUTI SOL yaje mu Rwanda kumurika umuzingo w’indirimbo "LIVE & DIE IN AFRIKA"
17/09/2016 - 15:25
Umwana muto wifuzaga guhura na Perezida Kagame, yakabije inzozi ze!
13/09/2016 - 20:35
"Hari umurongo ntarengwa ku bibwira ko bagirira nabi u Rwanda" - Kagame
11/09/2016 - 23:29
Byinshi wamenya ku gihangano cyatangaje benshi ku munsi wo Kwita Izina
7/09/2016 - 09:00
Nyuma y’Ingagi, hashobora gukurikiraho Kwita Izina INTARE
4/09/2016 - 06:29
Perezida Kagame na mugenzi we wa Benin mu kiganiro n’abanyamakuru
1/09/2016 - 10:03
Nyuma yo kwigira ku Rwanda, Benin nayo ikuyeho Visa ku banyafurika
30/08/2016 - 17:46
Perezida wa Benin Patrice Talon ari mu Rwanda
30/08/2016 - 06:14
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo