Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21Iziheruka
Ibihe by’ingenzi byaranze umunsi wa mbere wa Tour du Rwanda
14/11/2016 - 11:53
Rugg Thimothy niwe wegukanye umunsi wa mbere wa Tour du Rwanda
13/11/2016 - 18:22
Gahunda ya NEP-Kora Wigire ihagaze ite mu Burasirazuba?
12/11/2016 - 23:48
Menya byinshi kuri Senateri Tito Rutaremara
11/11/2016 - 12:18
Ubushotoranyi bw’u Bufaransa ntibuzongera kwihanganirwa mu Rwanda
11/11/2016 - 12:11
Amatora yo muri America asigiye isomo abanyarwanda
11/11/2016 - 12:02
Madame wa Perezida wa Benin yunamiye inzirakarengane za Jenoside
10/11/2016 - 12:52
Ibihe by’ingenzi byaranze ibirori by’isabukuru ya Unity Club
9/11/2016 - 13:28
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo