Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Abagize AERG/GAERG bahembye umubyeyi wahishe Abatutsi
22/03/2016 - 12:22
RDF yubakiye abaturage ibikorwa birimo, amashuri, imihanda n’ibiraro
14/03/2016 - 16:00
Abagabo bemeza ko imyumvire ku ihame ry’uburinganire imaze guhinduka
11/03/2016 - 09:20
Abagore b’i Nduba berekanye akarasisi kadasanzwe ku munsi w’abagore!
9/03/2016 - 14:50
KT Radio yabaye ubukombe nyuma yo gushyiraho indi minara
7/03/2016 - 17:48
Abagize AERG/GAERG batangije ibikorwa byo kwibuka 22
5/03/2016 - 15:02
Miss Rwanda Mutesi Jolly agiye kujya yamamariza cogebanque
4/03/2016 - 09:34
IPRC Kigali yashyize ku isoko ry’umurimo abanyeshuri 523
29/02/2016 - 17:01
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo