Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20
OIF-Kigali: Le Conseil des Ministres plaide pour la participation des femmes en leadership
19/11/2025 - 14:24Iziheruka
Ibyo kwitondera muri iyi minsi mikuru
24/12/2022 - 16:41
Impunzi z’Abarundi ziri mu Rwanda zakanguriwe gutaha
21/12/2022 - 17:52
Mukomeze ibyagezweho muhanga udushya - Bazivamo abwira urubyiruko rwa RPF Inkotanyi
19/12/2022 - 21:56
Police Month: Ibikorwa byakozwe byatwaye asaga Miliyari ebyiri
19/12/2022 - 12:29
Bibutse ababo bishwe mu bitero bya MRCD-FLN ya Rusesabagina
19/12/2022 - 12:13
UK envoy to Rwanda speaks out on ethnic killings in DRC
14/12/2022 - 18:18
Abakoresha mudasobwa batabona babigenza bate?
11/12/2022 - 20:38
Dutemberane muri GS Kagugu, kimwe mu bigo byigamo abanyeshuri benshi
11/12/2022 - 20:26
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.