Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

A 62-year-old man competes in Ironman Triathlon 70.3 Rwanda race
17/08/2022 - 12:33
Reba uko Kizz Daniel yasusurukije abafana be i Kigali
15/08/2022 - 14:27
Twaganiriye na Kabatsi Félicien, umunyabigwi mu gucuranga inanga
15/08/2022 - 14:01
Dutemberane mu nzu y’umubumbyi
13/08/2022 - 00:53
Haje uburyo bushya bwo kubara amanota y’ibizamini bya Leta
12/08/2022 - 16:48
Igor Mabano yagarutse ku mpamvu Kina Music idapfa gutumirwa mu bitaramo
12/08/2022 - 16:38
Umunyeshuri w’i Muhanga yatsindiye 1,888,178frw muri IGITEGO Lotto
12/08/2022 - 08:50
Secretary Blinken on the conviction of Rusesabagina - Watch full press briefing in Kigali
12/08/2022 - 08:33
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.