Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Madamu Jeannette Kagame asaba urubyiruko gufata umwanya wo gutekereza ku byemezo rufata
10/06/2023 - 15:40
Irebere ubuhanga bw’Abakarateka bitabiriye irushanwa ryo #Kwibuka29
31/05/2023 - 09:03
Perezida Kagame yatashye icyanya cyahariwe Siporo ku Kimironko
28/05/2023 - 21:30
Madamu Jeannette Kagame yagejeje ubutumwa bw’ihumure ku bagizweho ingaruka n’ibiza
26/05/2023 - 22:53
Nyirabarame: Abakinnyi bakanyujijeho bahabwe agaciro bafashe barumuna babo
14/05/2023 - 23:59Twaganiriye na wa mugabo ibiza byatwariye umugore agasigarana uruhinja
13/05/2023 - 20:18
Perezida Kagame yihanganishije abahuye n’ibiza, abizeza ubufasha
13/05/2023 - 20:05
Rubavu: Sebeya yangije byinshi, abayituriye bayita ‘Umuturanyi mubi’
12/05/2023 - 07:48
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.