Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mu Rwanda hatangijwe umukino wa Pickleball: Dore uko ukinwa
16/09/2023 - 17:48
Kelia wabaye uwa mbere muri Tronc Commun yahuye na First Lady
16/09/2023 - 10:59
Reba uko byari byifashe mu gusoza umwiherero w’abana bafashwa na Imbuto Foundation
16/09/2023 - 10:50
Ibyo umunyeshuri wifuza guhinduza ikigo yoherejwemo na Leta akwiye kumenya
13/09/2023 - 19:13
Twaganiriye n’abana babaye aba mbere mu bizamini bya Leta
13/09/2023 - 18:57
Ntuzemerere abantu bakurangaza - Perezida Kagame abwira Minisitiri mushya wa MININFRA
13/09/2023 - 18:33
Menya abahanzi bazataramira abakunzi ba Iwacu Muzika Festival (Video)
8/09/2023 - 12:40
Igisirikare ukivamo ariko cyo ntikikuvamo - Gen (Rtd) James Kabarebe
7/09/2023 - 22:45
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.