Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba uko impunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zakiriwe
22/02/2024 - 14:15
Ihere ijisho ibirori byo gutangiza iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
17/02/2024 - 20:27
Karimba Deo na Makanyaga banyuze abitabiriye igitaramo cyitiriwe Kaberuka na Marita
13/02/2024 - 07:36
Irebere uko byari byifashe mu gitaramo cyitiriwe Kaberuka na Marita
13/02/2024 - 07:27
Berekanye ubuhanga budasanzwe muri Karate
13/02/2024 - 06:51
Kayirebwa yishimiye guhura n’umukobwa wa Rujindiri
13/02/2024 - 06:22
NYIRINGANZO: Ngombwa wahimbye ‘Ziravumera’ ababajwe n’abakomeje kumwiba indirimbo
13/02/2024 - 06:05
CG (Rtd) Emmanuel Gasana yasubiye mu igororero nyuma y’uruhushya yari yahawe
8/02/2024 - 23:05
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.