Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06Iziheruka
Umuryango wa Rayon Sports ugiye gushyiraho ikipe y’amagare
1/12/2015 - 18:29
Mani Martin yerekanye ko ashoboye itangazamakuru
30/11/2015 - 10:58
IPRC - East ikomeje guhanga udushya mu iterambere ry’imyuga
27/11/2015 - 14:57
Wari uzi ko imitumba y’insina isigaye ikorwamo ’Cotex’!
24/11/2015 - 11:26
Ubuhinzi ntibugishingiye ku isuka gusa, hajemo n’ikoranabuhanga
19/11/2015 - 16:52
Stage 1: Tour du Rwanda 2015
17/11/2015 - 13:41
Udushya n’udukoryo byaranze tombola ya CHAN 2016
16/11/2015 - 23:06
Prologue: Tour du Rwanda 2015
16/11/2015 - 12:34
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.