Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abagize AERG/GAERG bahembye umubyeyi wahishe Abatutsi
22/03/2016 - 12:22
RDF yubakiye abaturage ibikorwa birimo, amashuri, imihanda n’ibiraro
14/03/2016 - 16:00
Abagabo bemeza ko imyumvire ku ihame ry’uburinganire imaze guhinduka
11/03/2016 - 09:20
Abagore b’i Nduba berekanye akarasisi kadasanzwe ku munsi w’abagore!
9/03/2016 - 14:50
KT Radio yabaye ubukombe nyuma yo gushyiraho indi minara
7/03/2016 - 17:48
Abagize AERG/GAERG batangije ibikorwa byo kwibuka 22
5/03/2016 - 15:02
Miss Rwanda Mutesi Jolly agiye kujya yamamariza cogebanque
4/03/2016 - 09:34
IPRC Kigali yashyize ku isoko ry’umurimo abanyeshuri 523
29/02/2016 - 17:01
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.