Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Abayobozi ba Rayon Sports basobanuye ikibazo bagiranye n’umutoza
26/10/2015 - 08:46
Minisitiri Mushikiwabo yasobanuye byinshi ku bibera mu Burundi na FDLR
23/10/2015 - 01:19
Ibihe byingenzi byaranze transform africa 2015
22/10/2015 - 09:20
Igitaramo cya STROMAE, Intambara y’Iburundi n’ifatwa ry’amashusho nibyo BIG FIZZO yatangaje akigera i Kigali
15/10/2015 - 17:58
African Ministers meet in Kigali to discuss TVET
14/10/2015 - 10:25
ALLIONI na DANNY NANONE bahawe igihembo cy’indirimbo yabo POLE POLE.
13/10/2015 - 13:30
KNOWLESS yasobanuye byinshi ku ndirimbo ye yakoranye na ROBERTO
12/10/2015 - 12:21
Hon. Depite BAMPORIKI EDOUARD agiye gusohora firimi nshya muri 2017
12/10/2015 - 11:58
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.