Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Mu gutora Miss Rwanda 2014 mu Burasirazuba, abakobwa basabwe gukuramo inkweto!
1/02/2014 - 11:59
Uburyo igikorwa cyo gutora Miss Rwanda 2014 mu Ntara y’Amajyepfo cyagenze
28/01/2014 - 10:30
Byari bishyushye mu gutora ’Miss Rwanda 2014’ mu Burengerazuba
22/01/2014 - 16:44
"Urumuri rutazima" rukomeje kuzenguruka Uturere dutandukanye tw’ u Rwanda
17/01/2014 - 18:54
Udushya twagaragaye muri ’Miss Rwanda 2014’ Intara y’amajyaruguru!!
15/01/2014 - 09:55
Rwamukwaya: Amaze imyaka 30 ari kuri Camera
6/01/2014 - 17:47
Urban Boys mu gitaramo cyo kumurika album yabo bise "Kelele"
17/12/2013 - 11:40
Ubukwe bw’umuhanzi Tom Close na Tricia
5/12/2013 - 09:19
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.