Rutsiro : Hafunguwe ku mugaragaro inyubako nshya 13 z’imirenge SACCO

Yanditswe ku itariki ya: 24-05-2013 - Saa: 14:41'
Ibitekerezo ( )

Mu karere ka Rutsiro hatashywe ku mugaragaro inyubako 13 z’imirenge SACCO, zose hamwe zikaba zuzuye zitwaye amafaranga miliyoni 304 n’ibihumbi 270.

Nta muntu numwe wakize atatse inguzanyo - Guverineri Bosenibamwe

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 08:13'
Ibitekerezo ( )

Guverineri w’intara y’amajyaruguru asaba abaturage bo mu karere ka Burera kugira umuco wo kwizigamira bategura ejo hazaza habo kuko nta numwe ku isi wakize atazigamye ngo yake n’inguzanyo.

Gisagara: Yahawe ishimwe kuko yinjije abantu benshi mu murenge Sacco

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 11:01'
Ibitekerezo ( )

Niyogakiza Aphrodise uyobora umudugudu w’Akagarama mu kagari ka Muyira mu murenge wa Kibilizi ho mu karere ka Gisagara yahembwe igare kubera ko yabaye indashyikirwa mu bikorwa biteza imbere abaturage harimo no kuba yarinjije abanyamuryango benshi muri Sacco mu gihembwe gishize.

Nyamagabe: SACCO zizigamiye abanyamuryango amafaranga akabakaba miliyali imwe

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 12:49'
Ibitekerezo ( )

Imibare itangazwa n’ubuyobozi bw’akarere ka Nyamagabe igaragaza ko koperative zo kubitsa no kugurizanya “umurenge Sacco” zo mu mirenge 17 igize ako karere zizigamiye abanyamuryango bazo amafaranga angana na miliyoni 957 ibihumbi 771 n’amafaranga 214.

Rubavu: Abanyamuryango ba CEA-Gisenyi bayiheraniye miliyoni 20

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 12:26'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bwa Koperative y’abahinzi n’aborozi CEA-Gisenyi burahamagarira abanyamuryango bahawe inguzanyo kwikubita agashyi bakishyura kuko abahawe inguzanyo batishyura bikaba bigeze ku bucyererwe bwa miliyoni 20.

Bugesera: Ubuyobozi burasabwa kongera imbaraga mu gukangurira abaturage kugana ibigo by’imari

Yanditswe ku itariki ya: 10-05-2013 - Saa: 12:02'
Ibitekerezo ( 2 )

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Francois Kanimba, arasaba ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu murenge wa Mareba mu karere ka Bugesera kongera imbaraga mu gukangurira abaturage kugana ibigo by’imari, kuko umubare w’ababyitabira ukuri muto muri uwo murenge.

Nzahaha: Biyujurije inyubako nshya y’umurenge Intsinzi SACCO

Yanditswe ku itariki ya: 6-05-2013 - Saa: 09:55'
Ibitekerezo ( )

Abaturage bo mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi baratangaza ko bishimiye inyubako biyujurije y’umurenge SACCO kuko izatuma barushaho kwiyumvamo gukorana neza n’ibigo by’imari iciriritse kuko bazaba barabishoyemo amafaranga yabo babyubaka.

Nyamagabe: Sacco “Jya mbere ya Gatare” yatashye inyubako yo gukoreramo yiyujurije

Yanditswe ku itariki ya: 4-05-2013 - Saa: 14:00'
Ibitekerezo ( )

koperative yo kubitsa no kugurizanya y’umurenge wa Gatare “Jyambere Sacco Gatare” yatashye ku mugaragaro inyubako yo gukoreramo yiyujurije ifite agaciro ka miliyoni zisaga 18, nyuma yo kumara igihe ikorera mu nyubako y’intizo kandi itajyanye n’ikigo cy’imari.

Gakenke: Amafaranga ya PADSEC agiye kugurizwa abanyamuryango ba SACCO

Yanditswe ku itariki ya: 3-05-2013 - Saa: 09:55'
Ibitekerezo ( )

Kuri uyu wa kane tariki 02/05/2013, umushinga PADSEC wasinyanye amasezerano y’imikoranire na SACCO eshatu zo mu Karere ka Gakenke agena ko abanyamuryango b’ibyo bigo by’imari bazagurizwa amafaranga yishyuwe umushinga wa PADSEC.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile