Kicukiro: Ikamyo yabuze feri yishe barindwi inangiza byinshi - AMAFOTO

Imodoka y’ikamyo yamanukaga iturutse i Nyanza ya Kicukiro yabuze feri imanuka, ihitana ibyo ihuye na byo byose, itangirwa n’amabisi abiri manini atwara abagenzi.

Mu ma saa yine z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 10 Kamena 2016, ni bwo iyi mpanuka yabaye, mu masaha y’urujya n’uruza rw’abantu ahazwi nka Kicukiro Centre.

Kugeza ubu imibare y’abaguye muri iyi mpanuka iracyashidikanywaho kuko abenshi bemeza hagati ya barindwi na 15.

Dore amwe mu mafoto uko byari byifashe nyuma y’impanuka:

Icyo gikamyo cyatangiriwe na bus ebyiri zitwara abagenzi zari zihagaze.
Icyo gikamyo cyatangiriwe na bus ebyiri zitwara abagenzi zari zihagaze.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 54 )

Birababaje gusa ntawe umenya uko buri bucye twese twihangane kd dusenge Mana ujye utuba hafi

silvalo cooker yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

mana we tugushyize mubiganza ababuriye ababo muri iriya accident police nige itanga ibyangombwa yarebye neza ko imodoka igifite ubushobozi bwo gukorera mu muhanda kuko harimo izishaje cyane uwiteka akomeze abo mu miryango yaburiyemo ababo

YAMFASHIJE Phenias yanditse ku itariki ya: 11-06-2016  →  Musubize

Twifuzagako mwakongereho iminsi yokwaka inguzanyo

Ndayisenga yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Ababuze ababo bakomeze
Kugirakwihangana.

Imana ibakire mubayo.

Elias hafashimana yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Yoo!mbega ibgago! Imana ibakire mubayo.

Gilbert yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

uwiteka yakire mu bayo abaguye mu mpanuka

dufite yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

birababaje pe! gsa imiryango yaburiye ababo ndetse nigihugu dukomeze twihangane.

TUYIZERE Innocent yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Nukuri Natwe Iburundi Turihanganishije,abantu Bose Nimiryango Kubahuye Nimpanuka.Imana Ibakire Mubwami Bwayo.Ndi Mu Burundi.Muyinga.Giteranyi

Nibaruta.Berchimas yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Dukomeje kwihanganisha ababuze ababo muri iyo mpanuka

dufite yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

twihanganishije imiryango yabuze ababo muri iyi mpanuka.Imana yakire mu bayo abayisize mo ubuzima bwabo.

Bertin yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Gusa, birababaje cyane ababuze ababo muriyi mpanuka bakomeze kwihangana kandi natwe tubafate mumugongo,icyakora ibi nibyahanuwe ko bizaba muminsi yimperuka,Imana ibakire.

Augustin Munyaneza yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

NI IBYAGO BIBABAJE,DURIHANGANISHA IMIRYANGO YABUZE ABABO.IMANA IBAHE KWIHANGANA NO GUKOMERA MURI IBI BIHE BIKOMEYE BAHUYE NABYO.KANDI AMAKURU AKOMEZE GUTANGWA NEZA KUGIRANGO ABABUZE ABABO BOSE BABIMENYE KIMWE N’ABAKOMERETSE KUKO BISHOBOKA KO HARI ABATARABIMENYA.

Past ALPHOSE yanditse ku itariki ya: 10-06-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka