Kicukiro: Ikamyo yabuze feri yishe barindwi inangiza byinshi - AMAFOTO
Imodoka y’ikamyo yamanukaga iturutse i Nyanza ya Kicukiro yabuze feri imanuka, ihitana ibyo ihuye na byo byose, itangirwa n’amabisi abiri manini atwara abagenzi.
Mu ma saa yine z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 10 Kamena 2016, ni bwo iyi mpanuka yabaye, mu masaha y’urujya n’uruza rw’abantu ahazwi nka Kicukiro Centre.
Kugeza ubu imibare y’abaguye muri iyi mpanuka iracyashidikanywaho kuko abenshi bemeza hagati ya barindwi na 15.
Dore amwe mu mafoto uko byari byifashe nyuma y’impanuka:

Icyo gikamyo cyatangiriwe na bus ebyiri zitwara abagenzi zari zihagaze.





Ibitekerezo ( 54 )
Ohereza igitekerezo
|
Ntitukibaze byinshi kubatuvuyemo.Ahubwo bijye bidusigira isomo twe ababa basigaye Ku isi. Ndihanganisha ababuze ababo muri iriya mpanuka yabereye I Nyanza ya Kicukiro.
Imiryango yaybuze abayo yihangne!
Bavandimwe, impanuka itwara ubuzima bw’abantu ni ibyago bikomeye! Imana ibakire! Aliko abanyamakuru cg abandi bakwirakwiza amafoto ku mbuga nkoranyambaga bagombye kwirinda kwerekana amafoto y’imirambo!! Njye mbona ari icyo twakita mu rufaransa "manque d’ethique".
yo Imana ibakire mubayo disi birambaje cyane
Turakomeza tubereke Nyagasani abakire mube,
kandi nabasigaye mukomeze kwihangana.
Turimubihebyanyuma Dusenge Tubikuyekumutima?
Imana ibakire mubayo ,ibahe iruhuko ridanshira imiyrango yihangane twifatanije mukababaro
ababuze ababo mwihangane kandi mukomere muribibihe bitaboroheye kandi muharanire kusa ikivi cyabanyu bazize accident
twasaba ko ababuze ababo bafashwa gukurikina ibya asirance
Imana ibakire mubayo kdi dodane zirakenewe mwuwo muhanda!
Mama ubakire mu bawe
Mama ubakire mu bawe