• ICTR : Urubanza rwa Ntabakuze na Hategekimana ruzasomwa muri Gicurasi

    Urukiko rw’Ubujurire mu Rukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda(ICTR) ruzasoma urubanza rw’abasirikare mu ngabo zatsinzwe ari bo Major Aloys Ntabakuze na Lit. Ildephonse Hategekimana tariki 08/05/2012.



  • ICTR: Ubushinjacyaha bugiye guhamagaza abandi batangabuhamya mu rubanza rwa Ngirabatware

    Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) rugiye gutangira kwakira ubuhamya bw’ubushinjacyaha buvuguruza ibivugwa na Ngirabatware Augustin, Minisitiri w’Igenamigambi muri Leta yayoboraga mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.



  • Dosiye ya Rafiki Nsengiyumva yaburiye mu rukiko rw’i Paris

    Dosiye w’uwahoze ari Minisitiri wo gutwara abantu n’ibintu muri Leta yayoboraga mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, Rafiki Nsengiyumva, yaburiwe irengero bituma urukiko rw’ubujurire rw’i Paris rutabasha gutanga umwanzuro kw’iyoherezwa rye mu Rwanda.



  • Ububiligi bwarekuye by’agateganyo Umunyarwanda ukekwaho Jenoside

    Umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi witwa Mathias Bushishi yawekuwe by’agateganyo n’urukiko rw’i Buruseli mu Bubiligi tariki 17/02/2012.



  • ICTR : Ubushinjacyaha burasabira Ndahimana Gregoire igihano cya burundu

    Ndahimana Gregoire, wayoboraga icyahoze ari Komini ya Kivumu muri Perefegitura ya Kibuye yasabiwe igifungo cya burundu n’ubushunjacyaha mu rukiro Mpanabyaha Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (ICTR).



  • Urubanza rwa Beatrice Munyenyezi ruzatangira kuwa gatatu

    Umunyarwandakazi Beatrice Munyenyezi azatangira kwitaba ubucamanza tariki 22/02/2012 i New Hampshire muri Leta zunze ubumwe za Amerika kugira ngo yiregure ku byaha aregwa birimo ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda ndetse no kubeshya inzego z’abinjira muri Amerika.



  • Arusha : Urubanza rwa Ngirabatware ruzasubukurwa mu cyumweru gitaha

    Urubanza rwa Augustin Ngirabatware wahoze ari Minisitiri w’igenamigambi mu gihe cya Jenoside, ruzasubukurwa tariki ya 20/02/2012. Biteganyijwe ko aribwo abacamanza bazumva abatangabuhamya babiri bamushinjura.



  • Ubushinjacyaha bushyigikiye abacitse ku icumu ku bihano bidakwiye byahawe abasirikare bakuru mu ngabo zatsinzwe

    Ubushinjacyaha bw’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) rushyigikiye icyifuzo cy’imiryango ibiri iharanira inyungu z’abacitse ku icumu isaba Urukiko rw’Ubujurire kumvwa kubera kutanyurwa n’ibihano byahawe abasirikare bakuru mu ngabo zatsinzwe.



  • Juvenal Rugambarara yarekuwe atarangije igifungo yakatiwe

    Rugambarara Juvenal wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 11 muri 2007 n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) yarekuwe atarangije igihano cye.



  • Capitaine Ildephonse Nizeyimana na Callixte Nzabonimana

    Nzabonimana na Capitaine Nizeyimana bazasomerwa mu mpera z’ukwezi kwa gatatu

    Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) ruzasoma za Callixte Nzabonimana na Capitaine Ildephonse Nizeyimana, mu rugereko rwa mbere rw’iremezo mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka.



  • Urubanza rwa Kobagaya rwatwaye miliyoni y’amadolari none aridegembya

    Umurundi witwa Lazarre Kobagaya ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yatanzweho akayabo ka miliyoni y’amadolari y’Amerika mu rubanza rwo kumwirukana muri Amerika kubera ibyaha ashinjwa byo kugira uruhare muri Jenoside no kubeshya inzego za Amerika agamije kubona uko ahatura.



  • Mugesera mu rukiko n

    Mugesera yitabye urukiko rukuru rwa Nyarugenge

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 02/02/2012, Leon Mugesera yitabye urukiko rukuru rwa Nyarugenge ku nshuro ya mbere kuva yagezwa mu Rwanda kugira ngo atangire kwiregura ku byaha ashinjwa.



  • Arusha: Urubanza rwa Ngirabatware rwongeye gusubukura

    Urubanza rwa Augustin Ngirabatware wahoze ari Minisitiri w’Igenamigambi mu gihe cya Jenoside, tariki 30/01/2012, rwongeye gusubukura ku rukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda rw’i Arusha, herekanywa ubuhamya bwa videwo bwaturutse mu Bufaransa.



  • Agasozi ka Rongi aho Mugesera avuka (ahari igiti cy

    Urwango Mugesera yangaga Abatutsi rwatumye yanga na bene se

    Abaturage batuye aho Leon Mugesera akomoka mu mudugudu wa Gapfura, akagali ka Rusororo mu murenge wa Muhororo barifuza ko urubanza rwa Mugesera rwazaburanishirizwa aho yakoreye ibyaha kuko bamufiteho amakuru menshi arimo n’ukuntu yangaga bene se abaziza ko nyina ari umututsikazi.



  • Mugesera yasabye umuryango we kumushakira umwunganizi

    Léon Mugesera yatangiye gushaka umwunganizi uzamwunganira mu rubanza rugomba gutangira mu minsi ya vuba, aho azaba yisobanura kuri dosiye y’ibirego yashyikirijwe urukiko ku gikorwa yakoze mu 1992 cyo gukangurira abantu gukora Jenoside.



  • Mu masaha make Leon Mugesera araba asesekaye mu Rwanda

    Ku mugoroba wo kuwa mbere tariki 23/01/2012 nibwo Leon Mugesera yurijwe indege imuzana mu Rwanda imuvanye muri Canada nyuma y’uko urukiko rukuru rwo muri icyo gihugu rufashe icyemezo ntakuka ko agomba koherezwa mu Rwanda.



  • Pasiteri Uwinkindi agomba koherezwa mu Rwanda bitarenze uyu munsi

    Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwasyiriweho u Rwanda (ICTR) rwafashe icyemezo ko Pasiteri Uwinkindi Jean Bosco, umwe mu bakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyoko muntu ufungiye Arusha, yoherezwa mu Rwanda bitarenze none tariki 23/01/2012 kugira ngo aburane ibyaha aregwa.



  • Umushinjacyaha Mukuru wa ICTR aratunga agatoki Umwanditsi gutinza kohereza Uwinkindi mu Rwanda

    Umushinjacyaha Mukuru w’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, Boubacar Jallow, arashinja umwanditsi w’urukiko gutinza iyoherezwa rya Pastiteri Jean Uwinkindi mu Rwanda.



  • Itangazwa ry’imyanzuro ku bujurire bwa Mugesera ryongeye kwigizwa inyuma

    Urukiko rwa Quebec rwongeye kwigiza inyuma itangazwa ry’imyanzuro ntakuka ku bujujurire bwa Leon Mugesera umaze imyaka 16 aburanira kutoherezwa mu Rwanda. Byagombaga kurara bitangajwe ariko byimuriwe kuwa mbere w’icyumweru gitaha.



  • Leon Mugesera yongeye gutabwa muri yombi

    Urwego rushinzwe imipaka muri Canada rwataye muri yombi Leon Mugesera rumusanze mu bitaro, aho yari amaze iminsi ine arwariye kubera kunywa imiti irengeje igipimo cyagenwe na muganga.



  • Abatangabuhamya ba Jean Louis Bruguiere barakoreshejwe

    Mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru tariki 11/01/2012 mu Bufaransa, abavoka baburanira abasirikare umunani bashinjwe na Jean Louis Bruguiere kurasa indege yari itwaye perezida Habyarimana bavuze ko byagaragaye ko ubuhamya bwatanzwe ntaho buhuriye n’ukuri kuko ababutanze bavuga ibintu bitandukanye ku kintu kimwe ndetse (...)



  • Uwinkindi azoherezwa mu Rwanda mu cyumweru gitaha

    Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ubushinjacyaha bwa Repubulika y’u Rwanda uyu munsi tariki 13/01/2012 rivuga ko urukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda ruri Arusha muri Tanzaniya (ICTR) ruzohereza uwitwa Uwinkindi Jean Bosco kuburanishirizwa mu Rwanda mu cyumweru gitaha.



  • Leon Mugesera ashobora kongerwa icyumweru kimwe ku butaka bwa Canada

    Urukiko rukuru rw’intara ya Quebec muri Canada rwategetse abayobozi ba Canada gusubika icyemezo cyo kohereza Leon Mugesera mu Rwanda.



  • Ishami rya ONU ryanze ko Mugesera yoherezwa mu Rwanda

    Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe kurwanya iyica rubozo ku isi ryasabye Leta ya Canada guhindura icyemezo cyo kohereza Leon Mugesera mu Rwanda ngo kuko ridafite icyizere ko atazakorerwa iyica rubozo.



  • Mugesera azoherezwa mu Rwanda ejo

    Leon Mugesera, umunyarwanda uba muri Canada azoherezwa mu Rwanda ejo kugirango akurikiranywe ku byaha byo guhembera Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994. Biteganjijwe ko azahaguruka muri Canada ejo tariki 12/01/2012 nyuma ya saa sita.



  • Urukiko rwa Versailles rwongeye kwanga kohereza Bigwenzare mu Rwanda

    Kuri uyu wa kabiri tariki 10/01/2012, urukiko rwa Versailles mu Bufaransa rwongeye kwanga ko Manasse Bigwenzare ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yoherezwa mu Rwanda.



  • Uwahoze yunganira Mugesera ahangayikishijwe n’uko nagezwa mu Rwanda azicwa

    Uwahoze ari umwunganizi wa Léon Mugesera mu by’amategeko ahangayikishijwe n’uko uwo yahoze yunganira nagezwa mu Rwanda azahita yicwa, yirengagije ko igihano cy’urupfu cyakuwe mu mategeko ahana y’u Rwanda.



  • Ibihugu byakiriye abakekwaho Jenoside birasaba ubufasha mu kubaburanisha

    Raporo yasohowe n’ibiro bw’umushinjacyaha mukuru, Hassan Bubacar Jallow, ivuga ko ibihugu byinshi byakiriye abantu bakekwaho gukora Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 bisaba Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) rukorera Arusha inkunga ijyanye no kubashakira abacamanza bibaye ngombwa.



  • ICTR yumvishe abatangabuhamya 3200

    Raporo yashyizwe ahagaragara n’umucamanza Rachid Khan ivuga ko abatangabuhamya 3200 batanze ubuhamya imbere y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) guhera imanza za Jenoside yakorewe Abatutsi zatangira mu mwaka w’1997 .



  • Léon Mugesera agiye koherezwa mu Rwanda

    Igihugu cya Canada kirateganya ko tariki 12/01/2012, kizohereza mu Rwanda Léon Mugesera wari umuyobozi wungirije w’ ishyaka MRND mu cyahoze ari perefegitura ya Gisenyi, uregwa ibyaha byo gukangurira abantu kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.



Izindi nkuru: