• Akurikiranyweho kwica umucuruzi amuziza amafaranga 200 yagombaga kumugarurira

    Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, ku wa 31/8/2021 bwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu umugabo ukekwaho kwica umucuruzi wo muri butike amuhoye amafaranga magana abiri y’u Rwanda yagombaga kumugarurira.



  • Gicumbi: Umugore akurikiranyweho kwangiza igitsina cy’umwana yareraga

    Tariki ya 26/08/2021, Ubushinjacyaha bwagejeje imbere y’Urukiko umugore w’imyaka 47 y’amavuko, ubarizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko, Akagari ka Kigoma, bumusabira gufungwa by’agateganyo iminsi 30 ku cyaha cyo kwangiza imyanya ndangagitsina y’umwana w’umuhungu yareraga.



  • Habimana Gad

    Dosiye y’abashinjwa kwica umusore bakamujugunya mu musarani yashyikirijwe Ubushinjacyaha

    Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Musanze bwashyikirijwe dosiye iregwamo abantu batanu bakurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi cyakorewe umusore w’imyaka 21 .



  • Rubavu: Umugabo akurikiranyweho kwica umukobwa we amuhoye ko yatinze gutaha

    Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugabo ukekwaho kwica umwana we w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko amuhoye ko yatinze gutaha.



  • Ngororero: Abanyeshuri batandatu ba ESECOM Rucano bafunzwe iminsi 30 y’agateganyo

    Urukiko rw’ibanze rwa Gatumba rwafunze abanyeshuri batandatu bigaga ku kigo cya ESECOM Rucano, mu gihe cy’iminsi 30 y’agateganyo mu rubanza baburanaga ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.



  • Gicumbi: Umugabo arakekwaho gusambanya umwana w’umuhungu

    Urukiko rw’Ibanze rwa Byumba tariki 11 Kanama 2021 rwafunze by’agateganyo iminsi 30 umugabo utuye mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Rwamiko, Akagari ka Cyuru, ukekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 9 baturanye.



  • Nyagatare: Mudugudu ukekwaho gukubita umunyamakuru yafunguwe

    Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 03 Kanama 2021, urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rwarekuye Kalisa Sam na mugenzi we bakekwaho gukubita umunyamakuru wa Flash. Kalisa Sam, Umukuru w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Umurenge wa Karangazi na Mutsinzi Steven bafashwe ku wa 19 Nyakanga 2021 bakekwaho gukubita (...)



  • Menya uko umugororwa ahabwa imbabazi

    Bikunze kubaho abantu bakumva ngo Perezida wa Repubulika yatanze imbabazi ku mubare runaka w’abagororwa. Abaheruka guhabwa imbabazi vuba aha ni abagore 10 bari barahamijwe icyaha cyo gukuramo inda mu buryo butemewe n’amategeko.



  • Huye: Akurikiranyweho gusambanya umwuzukuru we

    Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye, ku itariki ya 27 Nyakanga 2021 bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 59 ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14 abereye sekuru ubana n’ubumuga bwo kutavuga neza.



  • Perezida Kagame yahaye imbabazi abagore 10 bari barahamijwe icyaha cyo gukuramo inda

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahaye imbabazi abagore icumi bari barakatiwe n’inkiko kubera icyaha bakoze cyo gukuramo inda mu buryo butemewe n’amategeko.



  • Rubavu: Yafashwe akekwaho gusaba ruswa ishingiye ku gitsina

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), tariki ya 27 Nyakanga 2021, rwafunze Umuyobozi muri HIGH SEC CO.LTD ushizwe abasekirite barinda ibitaro bya Gisenyi n’ ishuri rya E.S Gisenyi witwa Habimana Emmanuel w’imyaka 35 y’amavuko.



  • Umunyamakuru Ntirenganya Charles avuga ko yakubiswe ubwo yari yagiye gushaka amakuru

    Nyagatare: Abaregwa gukubita umunyamakuru basabye kuburana bari hanze

    Kalisa Sam, Umukuru w’Umudugudu wa Rubona Akagari ka Rwisirabo Umurenge wa Karangazi n’umuturage witwa Mutsinzi Steven, basabye urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare kuburana bari hanze mu rubanza bakurikiranyweho gukubita umunyamakuru w’igitangazamakuru cyitwa Flash.



  • Menya igishingirwaho mu gukatirwa ifunga n’ifungura by’agateganyo

    Mu mategeko bijya bibaho ko ukekwaho icyaha akatirwa ifungwa cyangwa ifungurwa by’agateganyo mbere y’uko urubanza rujya mu iburanisha mu mizi. Nk’uko benshi babidusabye, muri iyi nkuru turagaruka ku gikorwa cy’ifunga n’ifungura by’agateganyo.



  • Byagenze bite kugira ngo Kwizera Olivier n’abo bareganwaga bahabwe igifungo gisubitse?

    Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahanishije umunyezamu wa Rayon Sports n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Kwizera Olivier, igifungo cy’umwaka umwe usubitse nyuma y’uko we na bagenzi be barindwi bahamijwe icyaha cyo gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi.



  • Urukiko rw’ikirenga rwashyizeho amabwiriza mashya ku bafite imanza

    Perezida w’Urukiko rw’ikirenga, Dr Ntezilyayo Faustin, yashyizeho amabwiriza mashya arebana n’imikorere y’inkiko hagamijwe kubahiriza ingamba nshva zo gukumira icvorezo cva Covid 19, ayo mabwiriza agatangira kubahirizwa kuva ku ya 1 Nyakanga 2021.



  • Ni ryari umuntu wirukanywe mu bakozi ba Leta yemererwa kongera gukorera Leta?

    Muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) hari amazina atandukanye agaragara ku rutonde rw’abakozi ba Leta batemerewe gukora akazi mu butegetsi bwa Leta (Blacklist) keretse hashize igihe runaka amategeko ateganya bitewe n’uko birukanywe mu kazi ka Leta.



  • Muhanga: Akurikiranyweho kwicira mu nzu umumotari akamutwara moto

    Ubushinjacyaha bukurikiranye umusore ukekwaho kwicira mu nzu umumotari akamutwara moto. Ku wa 7 Kamena 2021, Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye, busabira ifungwa ry’agateganyo mu gihe hagikorwa iperereza uwo musore ukekwaho kwicira mu nzu umumotari akamutwara moto .



  • Minisitiri w

    Ubu nta karengane muri cyamunara kubera ikoranabuhanga

    Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) ivuga ko Ikoranabuhanga ririmo gukoreshwa mu guteza cyamunara rigiye gutuma abagurishirizwa imitungo batumva ko barenganye. Mu kwezi kwa Gicurasi umwaka ushize wa 2020, MINIJUST hamwe n’Urwego rushinzwe Iterambere(RDB) byatangaje amategeko mashya agenga uburyo cyamunara zizajya zikorwa (...)



  • Menya igihe uwakoze icyaha adahanwa, n’uburyo bwo kwiregura bufasha benshi gutsinda imanza

    Imbere y’amategeko ahana y’u Rwanda no mu mategeko mpuzamahanga, icyaha ni igikorwa kibujijwe n’itegeko cyangwa kwanga gukora igitegetswe ku buryo bihungabanya umutekano mu bantu kandi hari itegeko ribiteganyiriza igihano, amategeko agira n’ihama rigira riti nta cyaha nta gihano, nyamara ariko nubwo amategeko ahana icyaha (...)



  • Uwatorotse gereza ahanwa ate?

    Ni kenshi twumva ngo imfungwa runaka cyangwa umugororwa yatorotse gereza. Ese iyo uwatorotse atawe muri yombi ahanishwa iki?



  • Karasira Aimable

    Iperereza: Karasira Aimable afite umutungo atabasha gusobanura inkomoko yawo

    Karasira Aimable Uzaramba uherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) tariki 31 Gicurasi 2021 akurikiranyweho ikindi cyaha gishya cyiyongera ku byavuzwe mu minsi ishize byo guhakana no guha ishingiro Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’icyaha cyo gukurura amacakubiri.



  • Inshingano za RIB, iza Polisi n’iz’Ubushinjacyaha zitandukanira he?

    RIB nk’Urwego rw’Ubugenzacyaha, Polisi nk’Urwego rukumira icyaha cyangwa rukakiburizamo kitaraba rukarinda n’umutekano w’abantu n’ibintu, n’Ubushinjacyaha ni inzego zuzuzanya mu kazi ka buri munsi ariko zifite n’ibyo zitadukaniyeho. Aha usanga bamwe bitiranya izi nzego kugeza n’aho batabasha kuzitandukanya kandi ari (...)



  • Karongi: Umugore arakekwaho kwica umugabo wahoze ari umukunzi we

    Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Karongi ku wa Kane tariki 03 Kamena 2021 bwaregeye urukiko mu mizi umugore ukekwaho kwica umugabo wahoze ari umukunzi we akoresheje icyuma.



  • RIB yafunze Karasira Aimable

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 31 Gicurasi 2021 rwafunze Karasira Aimable ukurikiranyweho icyaha cyo guhakana no guha ishingiro Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’icyaha cyo gukurura amacakubiri.



  • RIB yafunze umucamanza mu rukiko rw’ibanze rw’Akarere ka Nyamagabe

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze umucamanza mu rukiko rw’ibanze rw’Akarere ka Nyamagabe witwa Nyaminani Daniel ukurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa kugira ngo arekure uwari ukurikiranyweho icyaha cy’ubujura.



  • Rusizi: Ukuriye Ubugenzacyaha yafashwe yakira ruswa

    Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umukozi ukuriye Ubugenzacyaha mu Karere ka Rusizi witwa Kabanguka Jules yafashwe yakira ruswa y’amafaranga ibihumbi magana atatu (300,000frw) kugira ngo afashe gufungura umuntu ufunze akekwaho icyaha cy’ubugome.



  • Igihe cyo kwishyura ku watsindiye cyamunara cyakuwe ku munsi umwe gishyirwa ku minsi itatu

    Itegeko no 22/2018 ryo ku wa 29/04/2018 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’iz’ubutegetsi ryongewemo ingingo zivugurura uburyo cyamunara yakorwaga bituma uwatsindiye cyamunara yongererwa igihe cyo kwishyura kiva ku munsi umwe kugeza ku minsi itatu (3).



  • Joe Ligon

    Ubuhamya: Yafunzwe afite imyaka 15 afungurwa afite 83

    Uyu mugabo yafunzwe akiri umwana mu 1953 ubwo we na bagenzi be bahuye bagasangira bikarangira biraye mu bantu bari kumwe bashaka kubaka amafaranga ngo bakomeze banywe inzoga dore ko amafaranga bari bafite yari abashiranye.



  • Abakuriye ubutabera mu bihugu bya EAC barigira hamwe ibibazo biri mu mategeko mu Karere

    Abaperezida b’Inkiko z’Ikirenga ‘Chief Justices’ baturuka mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community ‘EAC’ ), bateraniye i Kigali mu nama y’iminsi itatu (10-12) yiga ku bibazo bitandukanye biri mu Karere ndetse n’uburyo bwo kwegereza ubutabera abaturage hagamijwe ku bageza ku iterambere (...)



  • Menya uko watanga ikirego n’ibimenyetso by’uwahohotewe bitamugizeho ingaruka ya kabiri

    Amategeko avuga ko umwana atitangira ikirego ariko nanone bigaterwa n’imyaka afite. – Abana bakiri bato batarageza ku myaka cumi n’ine(14) ababyeyi cyangwa ababarera ni bo babatangira ikirego mugihe umwana yahohotewe kuko aribo babana nabo, gusa nanone muri iyi minsi harimo icyuho cy’uko ababarera ahanini bikomeje (...)



Izindi nkuru: