Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1367 )

Mwakongeye mugasimbukira imbuye mukarere ka RUHANGO ko amapoto n’insiga bimanitse ariko umuriro wapi, kdi twabwirwaga ko mukwakarindwi aribwo twagombaga kuba ducana.
MURAKOZE

IRANKUNDA CLEMENT yanditse ku itariki ya: 28-10-2015

Kuringe mbona aur persident arimpano God yatwihereye.thx j’luc gatsibo gasange viro.

Ndayishimiye j’luc yanditse ku itariki ya: 27-10-2015

umusaza turamwemera cyane.ahubwo kuki batinda ntibashaka kudukereza mwiterambere ese ubundi ukenewe ninde nabeyihanganye umusaza yara biharaniye banyarwanda murabe maso

Gaston yanditse ku itariki ya: 22-10-2015

MURAHonijbaptiste i NYARUGURUUWOMUSAZA TURAMWEMERA NAKOMEZE

JBAPTISTE yanditse ku itariki ya: 21-10-2015

nukuri mukarere kakirehe hakomeje kwiganzamo ubwicanyi bukabije tukaba twasabagako ababishinzwe bakomeza kutugenzurira amarondo kuko byose bikorwa mwijoro nkaba nasabagako mwajya mutugezaho amakuru yo murikaritsiye murakoze!

ntawukuriryayo geovanie yanditse ku itariki ya: 16-10-2015

Mutwibukirize gitifu w’akagali ka KIGASHA gukemura ibibazo byabaturage atabakereje kuko dukeneye kwihuta mwiterambere.

MUGABO yanditse ku itariki ya: 16-10-2015

Turamushakako,atuyobora

Turabishaka yanditse ku itariki ya: 11-10-2015

umusaza;nyakubahwa present.ndamushimira yadukuye mu bujiji yatubaye hafi abantu bafite umutekano usesuye biratize maze tumutore 100/100

Nsengiyaremye jean cloude yanditse ku itariki ya: 11-10-2015

umusaza’nagume’ayobore’atugezakuribyinshi’tumurinyuma’tumurinyuma

KWIZERA’ERKE yanditse ku itariki ya: 7-10-2015

ukotwamutoye’nikotuzonge’rakumutora’100.100’yatugejeje’kuribyishi’nayobere’imwaka10’tumurinyuma

KWIZERA’ERKE yanditse ku itariki ya: 7-10-2015

Turashimira umubyeyi wacu nyakubahwa president uburyo adahwema kudushakira ibyateza imbere abanyarwanda nka gira inka nibindi ,ariko nyabuneka abo bayobozi banyaruguru basobanure neza iryo tegeko rishya kubijyanye n ubutaka koko abaturajye ntibapfa kubyumva mubabe hafi kbs bizagenda biza.

Jean Pierre Bizimana yanditse ku itariki ya: 2-10-2015

mwadufasha ko natwe dufite impano yo kwiga name inyamaswa?

abizera eiyse yanditse ku itariki ya: 1-10-2015

turashima nyakubahwa perezida warepeburika koya duhaye umuhanda wakaburimbo kibuye cyangugu ukaba ugiye kuzura imana ikomezekumurinda akomeze kutuyobora tumurinyuma

BIZIMANA BIENVENUE yanditse ku itariki ya: 27-09-2015

Aliko iyi Kigalitoday;inkuru yandika kuli Kirehe inyinshi ko mbona bibanda ku bibi ntabyiza bihali bakwandikaho koko?

Gapy yanditse ku itariki ya: 27-09-2015

Turashimira Perezida Paul Kagame,ariko abaturage batuye muri za centres za Cyabwana,Nyagahita(MIMULI_Nyagatare), Gihengeri(MUKAMA-nyagatare),turamutakambiye kuko icuraburindi ritumereye nabi,turamusaba ko yatwibuka nk’abandi banyarwanda,turasaba Kigalitoday kuzadusura bishobotse ikatubera umuvugizi ba GITIFU NA MEYOR ntacyo batumariye

Tuyizere ALPHONSE yanditse ku itariki ya: 23-09-2015

Abana bata amashuri nibakurikiranwe kdi berekwe ibyiza byo kwiga batazahava batwarwa abagabo(abagore)bagiye gusomesha ahandi.

Alias yanditse ku itariki ya: 17-09-2015

Gitifu w’umurenge wa Ngarama /Gatsibo arakoresha itera bwoba
ubwo nibyo bantu ?

papulo yanditse ku itariki ya: 17-09-2015

mu karere ka gicumbi umurenge wa bukure , ntakizere cyo kubona amazi dufite rwose , mutureme agatima naho ubundi turi mw,icuraburindi.

owen yanditse ku itariki ya: 11-09-2015

hano mu karere ka huye mukagali ka kabuye ubuyobozi nibudutabare kukibazo cyo kubura amazi biri gutuma indwara ziyongera

Florent yanditse ku itariki ya: 8-09-2015

mugitondo cyo kuwa 06/09/2015
haramasiganwa y’amagare
mumuhanda wa tapi rouge ugana nyabugogo
byari bishyushye binogeye amaso

0131881532 yanditse ku itariki ya: 6-09-2015

IGICUMBA BIRAKABIJE IKIBAZO CYUMWANDA MUNGO HARABAKIRARANA NAMAYUNGO MUNZU MURAKOZE ARIKO MUTUBARIZE UMUYOBOZI KO ABIZI

ALIAS yanditse ku itariki ya: 3-09-2015

A karere ka huye kamaze kwiyubaka aribyo bituma kaza imbere mu mihigo ariko I Simbi umwe mu mirenge ikagize ho siki bimeze kuko aho kubyukira ku murimo umubare munini babyukira mukabari banwa inzoga zibikorano zizwi kwizina ryigikwangari iriko bigashyigikirwa nabayobozi kuko abagicuruza batanga Ruswa kubayobozi? turatabaza u rwego rwakarere kuko amakimbirane arimumiryango ahanini arigukururwa nizo nzoga?

juvenal ndatimana yanditse ku itariki ya: 30-08-2015