Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1367 )

Amakuru yanyu amakuru yanyu nimeza araturyohera pe!
dukomeze kwibuka abacu bazize jenoside yakorewe
Abatusti mu 1994 mata murankoze

bikorimana frank yanditse ku itariki ya: 9-04-2016

gahunda yokugaburira abana saa sita muburezi bwibanze yahezehe?ko leta yacu yari yabitwemereye.

andre yanditse ku itariki ya: 8-04-2016

Turabashimiye

gasigwa joseph yanditse ku itariki ya: 5-04-2016

Turabashimiye

gasigwa joseph yanditse ku itariki ya: 5-04-2016

Tubashimiye uburyo muduha bwogutanga ibitekerezo

gasigwa joseph yanditse ku itariki ya: 5-04-2016

muraho mutubabarire muzatubarize ushinzwe uburezi mukarere kagatsibo azadusuzumire Gs gatsibo umuyobowayo atanganabiserivise jyewe ubwajye nabanje kwiga kuri Gs kibondo mpiga imyaka 2 S4 na S5 HEG gahunda yokugabura irahagera umwaka wakane ndawiga sinishura ariko bafata indanga manota yajye ngiye muwagatanu haza umushinga wa ADRA RWANDA iramfata uranyishurira uwomwaka bingombwako mpindura ikigo jya GS GATSIBO mpageze arambwira ngo ushaka kwiga nemera mumwaka wakangahe umwaka wagatanu kuko sinarinarabashije gutsinda arambwirango nijye kuzana indangamanota yumwaka kane ndamubwirango indangamanota yajye ikigo cyarayifashe kuberako ntamafaranga mfiteyokwishura ibiryo none reka nige ninyabona nzayizana aranga none kugeza nubu siniga ndizerako ubuvugizi muribubunkore murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 5-04-2016

TURABAKUNDA CYANE KUBWIYIZA MUTUGEZAHO

THEODORI yanditse ku itariki ya: 21-03-2016

RUSWA MU TURERE Akarere ka Gakenke kanze gusohora ibizami kandi byararangiye gukosorwa na LALGA. None ubu ngo ukeneye umwanya areba gitife agatanga 800000Frw Nibamara kuyishyura yose nibwo bazabimanika. Mubikurikiranye mumenya byinshi kurushaho dore ko nubushize Gakenke yanyanganyije amanota ya LALGA bimenyekanye bavuga ko ari ukwibeshya. Nzabandora ubu.

Birahari yanditse ku itariki ya: 17-03-2016

mugire amahoro y’Imana

pati harera yanditse ku itariki ya: 10-03-2016

Ubwo se abazabona akazi kuri iryo soko rya CYANIKA (Burera) ntibazamburwa nk’uko twambuwe na Ese ECOFOMO (Baringa), imyaka ishyize ari 10ans; Ababishinzwe bazagenzure neza ritazubakwa nk’isoko rya GAHUNGA, aho dallettes z’ibisima zikozwe na fer à beton (bita lisse) za 6 bakoresha étriers nabwo kunyubako zoroheje ndetse n’isoko rya NYAGAHINGA ni uko. Ayo masoko ashaje (gusenyuka) abagenerwa bikorwa batayaremye; Iryo soko mpuza mahanga kdi ntirizabe nk’umuhanda KIDAHO_NYAGAHINGA_KANYIRAREBE_RUKIKO wubakwa na Ese BETA Costruction Ltd wanze kurangira ndetse mu ikorwa ryawo hagiye hangizwa bimwe mu bikorwa_remezo (Ntagikorwa_remezo gisimbura ikindi ahubwo biruzuzanya), bityo ibyangirijwe byari kubakwa ndetse n’ibiti byo kuri uwo muhanda byaranduwe bigasimbuzwa ibindi; Byongeye abakozi bo muri uwo muhanda barambuwe baheruka guhembwa mu kwezi kwa 8/2015. Ibyaberaga i BURERA !!! (Nyobozi icyuye igihe). Nibyo gukosorwa na Nyobozi nshya kuko ni AKANGARI(!?).

MANIRAGUHA Ladisilas yanditse ku itariki ya: 6-03-2016

Ubwo se abazabona akazi kuri iryo soko rya CYANIKA (Burera) ntibazamburwa nk’uko twambuwe na Ese ECOFOMO (Baringa), imyaka ishyize ari 10ans; Ababishinzwe bazagenzure neza ritazubakwa nk’isoko rya GAHUNGA, aho dallettes z’ibisima zikozwe na fer à beton (bita lisse) za 6 bakoresha étriers nabwo kunyubako zoroheje ndetse n’isoko rya NYAGAHINGA ni uko. Ayo masoko ashaje (gusenyuka) abagenerwa bikorwa batayaremye; Iryo soko mpuza mahanga kdi ntirizabe nk’umuhanda KIDAHO_NYAGAHINGA_KANYIRAREBE_RUKIKO wubakwa na Ese BETA Costruction Ltd wanze kurangira ndetse mu ikorwa ryawo hagiye hangizwa bimwe mu bikorwa_remezo (Ntagikorwa_remezo gisimbura ikindi ahubwo biruzuzanya), bityo ibyangirijwe byari kubakwa ndetse n’ibiti byo kuri uwo muhanda byaranduwe bigasimbuzwa ibindi; Byongeye abakozi bo muri uwo muhanda barambuwe baheruka guhembwa mu kwezi kwa 8/2015. Ibyaberaga i BURERA !!! (Nyobozi icyuye igihe). Nibyo gukosorwa na Nyobozi nshya kuko ni AKANGARI(!?).

MANIRAGUHA Ladisilas yanditse ku itariki ya: 6-03-2016

Ntibyiza kuba iterambere rigenda ryiyongera ariko harikibazo kitarakemuka mukarere ka GATSIBO.kugirango kazajyire amazi na amashanyarazi byaranze kuburyo nko mumurenge wa GITOKI usanga umuturage akora urugendo 2km ashaka amazi n’umuriro koko?

D’AMOUR yanditse ku itariki ya: 21-02-2016

Turabakunda cyane ndetse ninama zanyu none mutubarize ubuyobozi bwa kigali plastics ltd twakoreye igihe kirenga amezi atandatu twatse contrat bahitwirukana ngo hari ibyabuze none abandi badusimbuye bari bamaze imyaka irenga ibiri nabo birukanwe ngo badapfira muruganda kubera ama produit bakoresha mwatubariza inzego zibishinzwe niba ntamperekeza zigomba gutangwa.

Muhayimana emmanuel yanditse ku itariki ya: 20-02-2016

umurenge wa MURUNDI akagari ka karambi, akarere ka Kayonza bamaze imyaka isaga itanu baremerewe amazi ndetse impombo zishyirwa mu butaka ariko amazi yarabuze. Habuze iki??????????????? ababishinzwe batuvuganire kbsa cg tuzashake uko twuvugira ikibazo kwa perezida wacu dukunda

mk yanditse ku itariki ya: 15-02-2016

Gewe nibaza ikibazo kikanyobera I Bugesera babuzwa ni iki gutunganya amazi koko habuze iki niba ari ubukene bw,akarere abaturage twafatanta tukagira icyo dukora cgakora dutegereje impinduka ko haricyo zizatanga kuri ububuyobozi bushy a twitegura.ntawarubara birasebetse baba bashaka kuduhindurira vision ntituzabyemera ubuzima burahenze .mutuvuganire ,gusa turabashimira ibyo badukoreye bindi byiza kd ndashima perizida was repuburica wacu w,uRwanda ugaragaza itandukaniro n,abandi bayobozi

emmy kazungu yanditse ku itariki ya: 13-02-2016

Njye ndashaka gusobanuza.
umuntu bibye Diplome ya A2 ni izihe nzira yacamo kugira ngo abone indi muri WDA.
Murakoze.

D’amour yanditse ku itariki ya: 12-02-2016

ntakintu kibabaza kuba umuturage avukira mu mugi wa kigali byo ngeye mu karere ka Nyarugenge akaba atazi uko amashanyarazi asa niba mugirango ndabeshye muzagere ahitwa I mageragere mu kagali ka Ntungamo naka Runzenze ubuyobozi bisa naho bwahatereranye bwiterera agati muryinyo kuko uje wese azabeshya abaturage ko agiye kubikora agashyingura dosiye iki harikiraro cyari kigiye kubakwa mukagari ka Ntungamo gihuza umurenge wa Mugina muri Kamonyi na Mageragere ibyo ntiwamenya aho byaheze ibyo nukuri itangazamakuru mukwiye kudufasha kuko ubuyobozi bwo tubona ntacyo bibabwiye nyamara the abaturage tuhatuye turigusira mu iterambere mutubarize icyo tuzira kuko birabaje cyane the twarumiwe

valens yanditse ku itariki ya: 3-02-2016

N
dabakunda cyane kandi ndabashimira ubusesenguzi,ibitekerezo mutugezaho haraho bivana abanyarwanda bibajyana munzira y’iterambere.None mfite ikifuzo mumfashe kubushakashsatsi munzego zose mukugaraza ibibazo bikeye umuti byihutirwa bifashijwe n’ikorana buhanga.Murakoze

MIGAMBI VENANT yanditse ku itariki ya: 2-02-2016

ahohantu ubwo twavugako ari hanze y’uRwanda

byirgiro yanditse ku itariki ya: 18-01-2016

Nigutebareba amanota yibizamini byaleta

zakaria yanditse ku itariki ya: 18-01-2016

KUBERIKI? IKIGONDERABUZIMA CYA RUGABANO TUTISHYURIRWA RAMA BURI KWEZI MUTUBARIZE AKARERE KARONGI.

KUBERIKI IYO BATEYE PENALITE IKIGO KUBURANGARE BWA COMPTABLE KUBERIKI IKIGO ARICYO CYISHYURA PENALITE MBERE HOSE ABAKORIKI?

IKIBAZO CY’UMUTEKANO yanditse ku itariki ya: 15-01-2016

muhanga mumurenge was mushishiro dufite ikibazo cy’isoko ribi, ritoya kandi riri kure( ahitwa kabadaha no kuruhande cyane) rikwiye kubakwa hafi y’ahitwa kwibereshi byibura. kagame turamwemera cyane.

eric max yanditse ku itariki ya: 8-01-2016