Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1367 )

ABOBAYOBOZI BARYA AMAFARANGA YABATURAGE NTIBAHANWE BYINTANGA RUGERO TUKABA DUTUYE IBUSORO

TWIZEYIMANA ETIENNE yanditse ku itariki ya: 25-06-2016

Kigali to day ndabakunda.murakoze

majoro daniel yanditse ku itariki ya: 25-06-2016

ibyo ntago aribyo.

jamvier yanditse ku itariki ya: 22-06-2016

Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?

Joel yanditse ku itariki ya: 21-06-2016

Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?

Joel yanditse ku itariki ya: 21-06-2016

Mukomerezaho

didier yanditse ku itariki ya: 13-06-2016

BURERA abakekwaho kurya inka z’abakene bari mu maboko ya Police, bafashwe nyuma y’igihe kitari gito abaturage dutabaza. Ku byifuzo by’abaturage buri wese wabigizemo uruhare cg warangaye yakagombywe kubibazwa, aha ndavuga nyobozi icyuye igihe naba Exéctifs k’Umurenge. Njyanama y’Akarere ka BURERA yabonye Nyobozi igiye gucura igihe yimurira ba Gitifu mu yindi mirenge, twe twabifashe nko kubahunza amakosa bari barakoze mu mirenge bayoboraga kuko wasangaga hari abari bamaze imyaka 8 m’umurenge batimuka mbese umurenge warabaye nk’akarima kabo. Bityo muri gahunda yo kurwanya IHEZANDONKE aho bagiye bakagombye kubibazwa kuko nibwo butabera. Urugero m’Umurenge wa GAHUNGA hafashwe Umuvuzi w’amatungo nyamara amakosa yabaye n’inka zabuze Gitifu nk’Umuyobozi w’Umurenge unatanga raporo akayisinya yibereye mu wundi murenge utarimo ibibazo naho Veternaire arimo kwisobanura. Imyaka umunani uyobora ahantu kandi udatorwa ni myinshi, bibaye byiza Leta yagena mandat nabo tukajya tubatora kuko ahenshi abaturage TWARABERAGIJWE.

MANIRAGUHA Ladisilas yanditse ku itariki ya: 12-06-2016

Ababuze ababon,ibihangane

Mahoro erineste yanditse ku itariki ya: 11-06-2016

ahitwa ruhuha mubyapa byangarama igerekani ihagera iri kumafranga 200frw.

vestina yanditse ku itariki ya: 9-06-2016

udafite umwana cg igare nikibazo

vestina yanditse ku itariki ya: 9-06-2016

gatsibo rwose mudutabare kukibazo kijyanye na mazi,kuko ntanibirohwatunabona murakoze.

vestina yanditse ku itariki ya: 9-06-2016

GASABO: Dutekerezako itangazamakuru rifite uruhare mu gutuma Leta yihutira gutabara abaturage ahop rukomeye.

Niyo mpamvu twumva mwakomeza kudukorera ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gasabo kadukorere umuhanda Zindiro- Masizi- Birembo-Nyacyonga.
Meya aherutse kubyemera ariko rwose bikorwe kuko ubu noneho birakomeye cyanee, Bigeze aho imodoka zinanirwa kugenda kubera ivumbi ryinshi rihari. Birakabije basi mudusure namwe mushyireho akanyu mukore nibura inkuru y’ ubutabazi.

Karake yanditse ku itariki ya: 8-06-2016

KIGALI TODAY NDABASHIMIRA KUMENYESHA AMAKURU YOMUTURERE TWIWACU MU RWANDA NJEWE NAKABA MEREREYE MURI UGANDA I KAMPALA MUMUDUGUDU WA MAGANJO MU GACE KA LUKADDE

NDAGIJIMANA OMARI yanditse ku itariki ya: 2-06-2016

Mwaramutse nitwa gilbert nuye mumurenge was Nyarubuye,akagari Ka Mareba,umudugudu was Nyamateke ho mukarere Ka Kirehe,ndabashimira uburyo mudahwema kutumenyesha no kutuvugi bimwe mubibera iwacu, none ndagirango mbasabe muzadusabi (bijyanye n’ubuvugizi) abashinzwe gukwirakwiza amazi natwe Nazarebe uko batugenza kuko tuvoma kure kandi tuyadaha hasi usanga namatungo ahashoka mubyukuri turababaye, nubwo namashanyarazi nayahari ariko amazi nicyo kibazo kidukomereye cyane.murakoze

gilbert yanditse ku itariki ya: 2-06-2016

mudukorere link yo gushakiraho amakuru yo muturere turabona aringenzi cyane
muzaba mudufashije murakoze!

niyonkuru tfg yanditse ku itariki ya: 24-05-2016

jewe mfite ikibazo murwanda hariho ecole fondamental?

Nimbona Ernest yanditse ku itariki ya: 14-05-2016

Duhore
dutereza icyaduteza
imbere.
twekubiharira
abayobozi
nkuko duhora dushishi
karizwa kugira uruhari
mubidukorwa.

dusengimana vedaste yanditse ku itariki ya: 11-05-2016

mbaye mbashimiye

niyigena Gilbert yanditse ku itariki ya: 17-04-2016

nge we icyombibariza ibibazo bibazwa byose bisubizwa ryari ku

wuhe murongo ??

niyigena Gilbert yanditse ku itariki ya: 17-04-2016

Ubushyize mu gakenke
Kuri byo bizamini
Bavuze ko habaye kwibeshya
Nubu nibyo dutegereje
Nuko bazavuga nubundi?

Nshimiyimana Alexis yanditse ku itariki ya: 14-04-2016

Ubushyize mu gakenke
Kuri byo bizamini
Bavuze ko habaye kwibeshya
Nubu nibyo dutegereje
Nuko bazavuga nubundi?

Nshimiyimana Alexis yanditse ku itariki ya: 14-04-2016

Twibuke twiyubaka.

Theoneste yanditse ku itariki ya: 13-04-2016