Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Ndi umwe mubarimu bagera ku100 bigisha mu Karere ka NGOMA kuva2012. Twagiye mu kazi tuzi ko tuzageragezwa 6mois nyuma tugahabwa amabaruwa ya burundu, kugeza ubu ntiturayabona ahubwo buri mwaka badusaba kudepoza ngo twongererwe amasezerano ikintu twe tubona nk’akarengane kandi kitaba mu tundi turere. Ibi byatwambuye uburenganzira twemererwa n’amategeko nko kwaka credit,avance sur salaire,...byadindije iterambere ryacu kuburyo bamwe no gukomeza kaminuza byatunaniye twitwa ngo dufite akazi. Ahari twe ntituzi amategeko, ariko:Mutubarize ministry idufite mu nshingano nk’abakozi niba mu itegeko rirengera abakozi hari ingingo yuzuzanya n’ibyo aka Karere kadukorera. Niba se ikosa ari iry’akarere, mubatubarize icyo twaba tuzira kuko niba tudashoboye akazi, iki sicyo gihano bakaduhaye tuziko hari icyo itegeko riteganya kidahuye n’ibi. Gutabaza muri ubu buryo si uko ntazi aho nabariza,nuko mbizeye nk’abavugizi b’abanyarwanda.Mu izina ry’abagera ku100 batantumye ariko babaye nkanjye,mbaye mbashimiye. Murakoze.
mwiriwe njye nashakaga kubisabira NGO muzasure a karere Ka kirehe,nyarubuye,mareba,umudugudu nyamateke, murebe ukuntu amazi aringorabahizi ahavomwa (amazi)arukudaha hasi n’amatungo akahashoka, wakubitiraho urugendo(aho ava nikure cyane).uziko ijerekani 1 igura frw 200.moralized
Ndashaka urutonde rwa manota y’ibizamini bya affair social butugali
NITWA EPA MUKAREREKA BURAUMWANA AGIYEGU FATASENTREMARO AFITEIMYAKA 10
NDASHAKA Amakuru Yi Rwamagana
nkoweerss ndakwemera urugo ruhire
Muzasure Nyamasheke Kanjongo Kigarama Karehe Hari Amarozi Akabije Murakoze
Inka Zubudehe Ziri Gutangwa Nabi Aho Umuyobozi W Umudugudu Yicara Wenyine Akandika Umuhaye Amafaranga Kugirango Amuhe Inka Ahamagaza Inama Yabaturage Bigasa Nko Kubibaratira Ntibahabwe Umwanya Ngo babyibonemo Uregero Akarere Ka Gisagara - Umurenge Wa Gikonko - Akagari Ka Gasagara - Umudugudu Wa Mugusa . Muzahagere Muganirize Abaturage Mwiyumvire Ukuntu Abaturage Bagowe " Uwo Muyobozi Twamusabye Kwegura Kuko Ntacyo Yaratumariye Yegera Umunyamabanga Shingwa Bikorwa Wakagari Araza Amusubizaho Kungufu Ze . Mudukorere Ubuvugizi .
Ngoma umurengewakibungoakagari kagatonde kagizwenimidugudu irengicumi ituyekumudugudu neza duturanye nimirengifitumuriro namazimeza impandenimpande nikukinatwe bitatugeraho ntamuriro ntamazi ntaterambere
Ubukungu nimizamukireyakarere Ruhago amakurukikipe ya etwari
Muraho bantu batugezaho ibyiza? umwana bajyana kenya, birashoboka ko ari urucyuruzo nogushaka inyungu.
mwiriwe muzaze kudusura tumaze amezi 3tudahembwa mugishanga aho turangije kugitunganya muguhingamo umuceri mukarere ka nyagatare na gatsibo umurenge ni katabagemu na kabarore na karangazi
muraho ndabsuhuje nkukomutuberayo nkabavugizi bigenga twagirango mutubarize kayonza mumurenge wamurama tuziriki ko bataduhumuriro doreko arinawo murenge usigayehagati yiyindimirenge ntamurirokoko nyamuneka mutugeragereze mudufashe bayobozi bacudukunda
mukarere kangoma ubuyobozi bukora neza ariko haraho bass nkabirengagiza uduce tumwe natumwe mwiterambere ryabaturage baho.kubona bajyana amashanyarazi namazi mumurenge wat rukila bagasimbuka hafi 20km bawunyuza hejuru yabandi baturage bigaragarako mumyaka 22ishize twibohoye ahitwa Samara ,kibaya hose ntaterambere narimwe rihagezwa ubwo ababyumva murabyumva mute? NGOMA ikubite agashyi pe.
Njendashima Kt redio Uburyo yatunjeJejeho Ariyamakuruyo Muri Iriyanam Y A 27 Yahuje Umuryango Wubumwebwa Afu Yabibumbiyehamwe Murakoze
Turasabako Nabantu Bafite Amahoteli Bajyabatangaza Imyanya Yakai Babinyujije Mubitangazamakuru Kuko Ubona Hoteli Yubakwa Ejo Ugasanga Yatanjyiye Gukora Ntumenye Igihe Akazi Katanjyiwe Kandi Nawe Wari Ufite Ubumenyi Kuburyo Nawe Waza Ugahangana Nabandi Ku Isoko Ry’umurimo Mudufashe Kbsa
tubashimiye uko tugezaho amakuru yukuri.
turabashimira, mukoze
kumenyaamakuruyiriwemukarerenkomokamo
Muraho kt ngewe harikintu ndikwibaza mukatere kanyagatare mumurenge wa gatunda mukagari ka nyangara tumaze ukwezi nigice ntamuyobozi wakagari dufite akabayaraburiwe irengero kubera ibyaha akurikiranyweho byo kurya amafranga ya leta nonese ubwuburenganzira bwacu nkabaturage burubahirizwa? ese habuzundi baduha? mutubarize kandi turabakunda.
dushyikiye ingobo zacu zabohoye u Rwanda
Ndabaza ubuyobozi Munyiginya ibura iki? ngo ibone umuriro wamashanyarazi turinyuma mumajyambere pe