Amerika: Umugabo ufite igitsina kinini kurusha abandi kwisi atangiye kubyishimira

Umunyamerika Jonah Falcon w’imyaka 41 wemejwe ko afite igitsina kinini kurusha abandi bagabo, yemeye kuvugana n’itangazamakuru no kuritangariza ko ashimishwa no kuba afite icyo arusha abandi bagabo bo kwisi, nyuma y’aho atari yishimiye kuba ahora asakwa kubibuga by’indege bamukekaho gutwara intwaro mu ipantaro.

Abapimye igitsina cya Falcon bavuga ko igitsina cye gipima santimetero 22,3 iyo ari mu bihe bisanzwe na 33,5 igihe igitsina cye cyafashe umurego.

Aganira na televiziyo imwe yo muri Amerika mu kiganiro cyitwa “The morning”, Falcon yatangaje ko ashimishwa no kubona hari abantu bamugirira amatsiko kandi harimo n’abagore bifuza kuryamana nawe kugira ngo bumve itandukaniro rye n’abandi bagabo, kuko ngo bakeka ko yabaha ibyishimo biruta ibyo bakura ahandi kubera ubudahangarwa bw’igitsina cye.

Uretse abagore bifuza kugirana ubucuti na Falcon, abakina ya mafilimi y’urukozasoni, bakina bakora imibonano mpuzabitsina kumugaragaro, nabo batangiye kumusaba ko yababera umukinnyi kugira ngo abantu bareba amafilimi yabo babe benshi kubera uwo mugabo ariko we ngo akaba atarabasubiza niba azemera cyangwa atazemera.

Ernest Kalinganire

Ibitekerezo   ( 69 )

uwo mugabo ndamugwa muntenge too

jado ndayambaje yanditse ku itariki ya: 19-12-2013  →  Musubize

njyewe ndibaza? ubwo umugore we yaba yifuza kuryamana nabandi bagabo afite umugabo ufite igitsina kingana gutyo 22,3cm

JEAN CLAUDE yanditse ku itariki ya: 17-12-2013  →  Musubize

mbashimiye amakuru mutuezaho uwo mugabo n`injelis

IRADUKUNDA JEAN CLAUDE yanditse ku itariki ya: 6-12-2013  →  Musubize

uwo mugabo ni danger!

samweli yanditse ku itariki ya: 18-11-2013  →  Musubize

Ubu ndumiwe uwazamusaba akangabanyirizaho gato nazamugurira ka turbo king!

Alain Fabien yanditse ku itariki ya: 3-10-2013  →  Musubize

yewe sirusizigusa kukonanyamasheke ibyogunshingirabyananiranye imananiyoyokubikemurakabisa naho ubukwebyahindutse bizinesi

niyonsenga daniel yanditse ku itariki ya: 24-09-2013  →  Musubize

uwa mumpera umugore wanjye akamupfubura too!!!!!!!!!!!!!!!!!

merces yanditse ku itariki ya: 24-09-2013  →  Musubize

uwa mumpera umugore wanjye akamupfubura too!!!!!!!!!!!!!!!!!

merces yanditse ku itariki ya: 24-09-2013  →  Musubize

Aha!uwo arandenze ngewe igitsina cyange ni gitoya cyingana cm1.02 cyereka angabanyirijeho too!

Niyigena Samuel yanditse ku itariki ya: 17-09-2013  →  Musubize

Ahubwo nanjye yaba ndi uwo mugabo sinabura kwishima.noneho naba mbaye champion.

NZACAHAYO Danny Hussein yanditse ku itariki ya: 13-09-2013  →  Musubize

Sha Harimo gukabya,kukojye ufashe ibihe bidasanzwe byose nagize sinageza aho!.

Tuyisingize Eric yanditse ku itariki ya: 10-09-2013  →  Musubize

tubanje kubashimira kumakuru mutugezaho kuko n’ingirakamaro bituma tuhamenyerabyinshi tutari tuzi gusa uwo mugabo azajye yirata cyane kuko abonye icyo arush’abandi murakoze.

ntihinyuzwa eric yanditse ku itariki ya: 31-08-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka