Amerika: Umugabo ufite igitsina kinini kurusha abandi kwisi atangiye kubyishimira
Umunyamerika Jonah Falcon w’imyaka 41 wemejwe ko afite igitsina kinini kurusha abandi bagabo, yemeye kuvugana n’itangazamakuru no kuritangariza ko ashimishwa no kuba afite icyo arusha abandi bagabo bo kwisi, nyuma y’aho atari yishimiye kuba ahora asakwa kubibuga by’indege bamukekaho gutwara intwaro mu ipantaro.
Abapimye igitsina cya Falcon bavuga ko igitsina cye gipima santimetero 22,3 iyo ari mu bihe bisanzwe na 33,5 igihe igitsina cye cyafashe umurego.
Aganira na televiziyo imwe yo muri Amerika mu kiganiro cyitwa “The morning”, Falcon yatangaje ko ashimishwa no kubona hari abantu bamugirira amatsiko kandi harimo n’abagore bifuza kuryamana nawe kugira ngo bumve itandukaniro rye n’abandi bagabo, kuko ngo bakeka ko yabaha ibyishimo biruta ibyo bakura ahandi kubera ubudahangarwa bw’igitsina cye.
Uretse abagore bifuza kugirana ubucuti na Falcon, abakina ya mafilimi y’urukozasoni, bakina bakora imibonano mpuzabitsina kumugaragaro, nabo batangiye kumusaba ko yababera umukinnyi kugira ngo abantu bareba amafilimi yabo babe benshi kubera uwo mugabo ariko we ngo akaba atarabasubiza niba azemera cyangwa atazemera.
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 69 )
Ohereza igitekerezo
|
uwo mugabo ndamugwa muntenge too
njyewe ndibaza? ubwo umugore we yaba yifuza kuryamana nabandi bagabo afite umugabo ufite igitsina kingana gutyo 22,3cm
mbashimiye amakuru mutuezaho uwo mugabo n`injelis
uwo mugabo ni danger!
Ubu ndumiwe uwazamusaba akangabanyirizaho gato nazamugurira ka turbo king!
yewe sirusizigusa kukonanyamasheke ibyogunshingirabyananiranye imananiyoyokubikemurakabisa naho ubukwebyahindutse bizinesi
uwa mumpera umugore wanjye akamupfubura too!!!!!!!!!!!!!!!!!
uwa mumpera umugore wanjye akamupfubura too!!!!!!!!!!!!!!!!!
Aha!uwo arandenze ngewe igitsina cyange ni gitoya cyingana cm1.02 cyereka angabanyirijeho too!
Ahubwo nanjye yaba ndi uwo mugabo sinabura kwishima.noneho naba mbaye champion.
Sha Harimo gukabya,kukojye ufashe ibihe bidasanzwe byose nagize sinageza aho!.
tubanje kubashimira kumakuru mutugezaho kuko n’ingirakamaro bituma tuhamenyerabyinshi tutari tuzi gusa uwo mugabo azajye yirata cyane kuko abonye icyo arush’abandi murakoze.