Amerika: Umugabo ufite igitsina kinini kurusha abandi kwisi atangiye kubyishimira

Umunyamerika Jonah Falcon w’imyaka 41 wemejwe ko afite igitsina kinini kurusha abandi bagabo, yemeye kuvugana n’itangazamakuru no kuritangariza ko ashimishwa no kuba afite icyo arusha abandi bagabo bo kwisi, nyuma y’aho atari yishimiye kuba ahora asakwa kubibuga by’indege bamukekaho gutwara intwaro mu ipantaro.

Abapimye igitsina cya Falcon bavuga ko igitsina cye gipima santimetero 22,3 iyo ari mu bihe bisanzwe na 33,5 igihe igitsina cye cyafashe umurego.

Aganira na televiziyo imwe yo muri Amerika mu kiganiro cyitwa “The morning”, Falcon yatangaje ko ashimishwa no kubona hari abantu bamugirira amatsiko kandi harimo n’abagore bifuza kuryamana nawe kugira ngo bumve itandukaniro rye n’abandi bagabo, kuko ngo bakeka ko yabaha ibyishimo biruta ibyo bakura ahandi kubera ubudahangarwa bw’igitsina cye.

Uretse abagore bifuza kugirana ubucuti na Falcon, abakina ya mafilimi y’urukozasoni, bakina bakora imibonano mpuzabitsina kumugaragaro, nabo batangiye kumusaba ko yababera umukinnyi kugira ngo abantu bareba amafilimi yabo babe benshi kubera uwo mugabo ariko we ngo akaba atarabasubiza niba azemera cyangwa atazemera.

Ernest Kalinganire

Ibitekerezo   ( 69 )

Uwomugabo ndunva arenze igitekerezo natanga bamurinde abana bakiribato atabangiza

Alphred yanditse ku itariki ya: 13-05-2014  →  Musubize

Sha Ngewe Ndemeye Uwo Mugabo Ara Bamugwa Muntenge

Rukundo Philbert yanditse ku itariki ya: 10-05-2014  →  Musubize

Jye Ndemeye Kabisa

Rukunda Philbert yanditse ku itariki ya: 10-05-2014  →  Musubize

Nkabo usanga bagira icyibazo cyo kurangiza vuba ntacyo byaba bimaze.

Aline yanditse ku itariki ya: 8-05-2014  →  Musubize

nukuri uwowe aratangaje IMANA itanga uko ishatse!

biziyaremye yanditse ku itariki ya: 4-05-2014  →  Musubize

Njye ndumva icyogitsina arigito hari abanyarwanda bagikubye nkagatatu.mubikurikirane mwumve

alias yanditse ku itariki ya: 8-04-2014  →  Musubize

ICYAMPA UWOMUGABO AKARINDA NEZA UBWO BURANGA IMANA YAMUHAYE NTIYEMERE GUKINA AYO MAFILMES

BAVUGIRIJE J.PIERRE yanditse ku itariki ya: 29-03-2014  →  Musubize

mu tugezaho amakuru ashyushye

MUVUNYI MOSES yanditse ku itariki ya: 25-03-2014  →  Musubize

wooow...! uyuwe ararenze kbsa. gusa nanjye ndimurumuwiwe ninjyewe ufite ntoya kw’isi!

Dusangiyumukiza Innocent yanditse ku itariki ya: 27-01-2014  →  Musubize

lady gaga nimubi

clement yanditse ku itariki ya: 11-01-2014  →  Musubize

ndumiwe uwo mugabo ajye akoresha ikirori nkibindi byamamare,ahubwose ubu yakwambara agakingirizo.

MOSES yanditse ku itariki ya: 10-01-2014  →  Musubize

uwo mugabo uwamuzana inyamirambo we!!!

peter yanditse ku itariki ya: 19-12-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka