Amerika: Umugabo ufite igitsina kinini kurusha abandi kwisi atangiye kubyishimira
Umunyamerika Jonah Falcon w’imyaka 41 wemejwe ko afite igitsina kinini kurusha abandi bagabo, yemeye kuvugana n’itangazamakuru no kuritangariza ko ashimishwa no kuba afite icyo arusha abandi bagabo bo kwisi, nyuma y’aho atari yishimiye kuba ahora asakwa kubibuga by’indege bamukekaho gutwara intwaro mu ipantaro.
Abapimye igitsina cya Falcon bavuga ko igitsina cye gipima santimetero 22,3 iyo ari mu bihe bisanzwe na 33,5 igihe igitsina cye cyafashe umurego.
Aganira na televiziyo imwe yo muri Amerika mu kiganiro cyitwa “The morning”, Falcon yatangaje ko ashimishwa no kubona hari abantu bamugirira amatsiko kandi harimo n’abagore bifuza kuryamana nawe kugira ngo bumve itandukaniro rye n’abandi bagabo, kuko ngo bakeka ko yabaha ibyishimo biruta ibyo bakura ahandi kubera ubudahangarwa bw’igitsina cye.
Uretse abagore bifuza kugirana ubucuti na Falcon, abakina ya mafilimi y’urukozasoni, bakina bakora imibonano mpuzabitsina kumugaragaro, nabo batangiye kumusaba ko yababera umukinnyi kugira ngo abantu bareba amafilimi yabo babe benshi kubera uwo mugabo ariko we ngo akaba atarabasubiza niba azemera cyangwa atazemera.
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 69 )
Ohereza igitekerezo
|
Ndumva Birenze Tumusengere Tuti bagiwe Nu Mugore Niba Amufite
ndabona arwaye azajye kwamuganga bamuhe imiti
ndamurusha ushaka kubemenya azampamagare0725610587
umugabo nihatari
yegoko nukugira nomurwanda tugapima ibitsina.
hari uwonzi banganya,kwiganye.
nonese buriya uriyamuntu ufite igitsina kinini kurusha abandi ntazadutwara abagore ? yihangane ,atazajya gukina filime ? kuko yabangiza ? murakoze
Niba bimezeguryo mu,pfashetumusegere tumusabire imbaraga,maze abashekunesha nokwifata atazagwa,murubwo bukozibwibibi, akina ayomafime, adaheje Imana icyuhiro,
uwomugabo baramubereye nukontazi ahoyapimishije ngombahe ubuhamya
NONESE UWO MUGABO AFITE UMUGORE
Nonese? Uwomugabo Afite Umugore?
uwo mugabo tumusabire inema yo kudagipfusha ubusa