Akora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi kugirango abashe kunanuka

Umugore witwa Pauline Potter wo muri Leta ya Carifilonia muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika yategetswe n’umuganga gukora imibonano mpuzabitsina byibuze inshuro 7 ku munsi kugira ngo abashe kunanuka.

Impuguke mu bijyanye n’umubyibuho, Dr. Laura Berman, wo mu ishuri ry’abaganga rya Northwestern University i Chicago yemeza ko gukora imibonano mpuzabitsina ku bagore bafite umubyibuho ukabije ari igisubizo kugirango bagabanuke uko babyifuza.

Pauline amaze kutakaza ibiro 13 kubera gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi.
Pauline amaze kutakaza ibiro 13 kubera gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi.

Pauline wafatwaga nk’umugore minini ku isi, aremeza ko umubyibuho we wagabanutse kubera gukora imibonano mpuzabitsina, kuri ubu akaba amaze gutakaza ibiro bigera kuri 13; nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa datelinenews.org.

Ati :”Sinabashaga no guhindukira mu buriri ariko ubu ntakaza calories 500 ku nshuro imwe y’imibonano mpuzabitsina”.

Hashize imyaka itatu Pouline yaratandukanye n’umugabo we Alex kubera ubunini bukabije yari afite.

Pauline n'uwahoze ari umugabo we Alex, ubu wamutaye kubera umubyibuho.
Pauline n’uwahoze ari umugabo we Alex, ubu wamutaye kubera umubyibuho.

Pauline yaryaga ibiryo birimo calories zigera ku bihumbi 10 ku munsi maze aba munini ku buryo atabashaga kwihindukiza, umugabo we amaze kumenya ko bamushyize mu gitabo cy’abantu bafite udushya ku isi kubera ibiro bye,yahise amuta.

Pauline Potter yapimaga ibiro 330, ubu ngo ageze ku biro 317, ngo ashaka kugabanuka nibuze akagera ku biro 241 kugira ngo abashe kuba yava aho ari.

Ntabasha kugenda n'amaguru.
Ntabasha kugenda n’amaguru.

Namara kubigeraho abasha kuva aho ari azajya kureba umugabo we muri Arizona.
Nakomeza uwo muvuduko wo gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi, mu gihe cy’amazi atandatu abaza amaze guta ibiro bigera kuri 23.

Egide Kayiranga

Ibitekerezo   ( 57 )

Ubuse koko uriya wamuhera he??? Sh ho nayamanika kbsa! Sinajyamo cyakora ashyizeho agatubutse napfa kwijajara nkadondozaho nka 2 basi nkarekeraho!

Alias yanditse ku itariki ya: 18-10-2018  →  Musubize

Ahha!!ibint birakaze kbx agomb gukurikiza inama bamuhay kbx ni bgobwa cyane kd nibamukoreee akaz kox??!!!byahatar turamushyigikiy arabgir naband bangan nabo!!!

Shallon yanditse ku itariki ya: 18-10-2018  →  Musubize

nagu amashanyarazi hoho umengo yatora mitende

kazitunga yanditse ku itariki ya: 29-09-2018  →  Musubize

Aha niyihangane ubwo umuti wabonetse azakira gsa ntibyoroshye peeee

Sixbert yanditse ku itariki ya: 15-08-2019  →  Musubize

nagu amashanyarazi hoho umengo yatora mitende

kazitunga yanditse ku itariki ya: 29-09-2018  →  Musubize

Ahh! Biragoy arik ntabirenze birasaba abazi akazi kose batikandakanda kbx

Adam smith cr7 griezman yanditse ku itariki ya: 22-09-2018  →  Musubize

Niyihangane pe kd ukomeze yubahirize gahunda yamuganga

Iraguga Olivier yanditse ku itariki ya: 8-07-2019  →  Musubize

sha jewe nukuri umunt nkuyo ntaco mbona nomukoza kuk aragoye irongora

alias yanditse ku itariki ya: 7-09-2017  →  Musubize

ahenereje wamushobora

umusaza yanditse ku itariki ya: 10-09-2017  →  Musubize

Yoooo. Arababaje rwose

Yvonne yanditse ku itariki ya: 14-06-2016  →  Musubize

ariko nanje ndashaka ko nomubona ngahitaga tubikorana nawe buri musi

Egide Bachellor yanditse ku itariki ya: 15-11-2015  →  Musubize

nonononononono

dms yanditse ku itariki ya: 15-03-2014  →  Musubize

Hahaahahahhhhhhhhhh

de sante yanditse ku itariki ya: 4-09-2012  →  Musubize

ba rwiyemezamirimo babapfubuzi twizere ko babonye ikiraka uhh sha muzapfuburan,n,isi

kibwa yanditse ku itariki ya: 28-07-2012  →  Musubize

Ntabwo rwiyemezamirimo babapfubuzi bahari kuko RDB itabashyiriyeho rwgistration #

Lèe yanditse ku itariki ya: 6-10-2018  →  Musubize

UBWOSE KOMBONA BYOSE BYAKUZE BURIYA N’IGITSINA SUKO? AHA... ABAFITE NDENDE ZITARI ZAZINDI BITA INTIRITIRI NABABWIRIKI.HAKENEWE INKUNGA N’UBUKORERABUSHAKE.

KIKI yanditse ku itariki ya: 16-07-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka