Akora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi kugirango abashe kunanuka
Umugore witwa Pauline Potter wo muri Leta ya Carifilonia muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika yategetswe n’umuganga gukora imibonano mpuzabitsina byibuze inshuro 7 ku munsi kugira ngo abashe kunanuka.
Impuguke mu bijyanye n’umubyibuho, Dr. Laura Berman, wo mu ishuri ry’abaganga rya Northwestern University i Chicago yemeza ko gukora imibonano mpuzabitsina ku bagore bafite umubyibuho ukabije ari igisubizo kugirango bagabanuke uko babyifuza.

Pauline wafatwaga nk’umugore minini ku isi, aremeza ko umubyibuho we wagabanutse kubera gukora imibonano mpuzabitsina, kuri ubu akaba amaze gutakaza ibiro bigera kuri 13; nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa datelinenews.org.
Ati :”Sinabashaga no guhindukira mu buriri ariko ubu ntakaza calories 500 ku nshuro imwe y’imibonano mpuzabitsina”.
Hashize imyaka itatu Pouline yaratandukanye n’umugabo we Alex kubera ubunini bukabije yari afite.

Pauline yaryaga ibiryo birimo calories zigera ku bihumbi 10 ku munsi maze aba munini ku buryo atabashaga kwihindukiza, umugabo we amaze kumenya ko bamushyize mu gitabo cy’abantu bafite udushya ku isi kubera ibiro bye,yahise amuta.
Pauline Potter yapimaga ibiro 330, ubu ngo ageze ku biro 317, ngo ashaka kugabanuka nibuze akagera ku biro 241 kugira ngo abashe kuba yava aho ari.

Namara kubigeraho abasha kuva aho ari azajya kureba umugabo we muri Arizona.
Nakomeza uwo muvuduko wo gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi, mu gihe cy’amazi atandatu abaza amaze guta ibiro bigera kuri 23.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 57 )
Ohereza igitekerezo
|
Birakaze naze twibsnire
Nazaranywa amazi ashushe burisaha are rimwe kumusi
Mwiriweho ikibazo. Mwaduha umuyobozi twagezaho. Ibyobibazo byabakora Amasaha yikirenga Dutagira Akazi Saa07:30 zamugitondo sasita na kiruhuko kakaragira saa21:00.zijoro cgse zikarenga nlkigo Cya Securty
Nazararya rimwe mucumweru Hama areke gukoresha ngendanwa ajekuba mwishamba rya wenyene Aho atazabonana nabantu acazaranwa namazi ashushe mugatondo sasita namugoroba uzarabeko harukwezi kuzahera adasubiye kwitaye ashaka
Ariko se uwo yakora imibonano mpuzabitsina ate atava aho ari. Ahubwo inama namuha naze arikinisha kenshi gashoboka nibura inshuro 3 kumusi.namara ukwezi atarananuka ivyo bavuga kukwikinisha bazaba batubesha.
Nakorespor nyinshi
Ego ko!Ndumva yararyohewe!ubwambere yangijwe na bya caroli yaryaga atitangira none imboro nazo ari kuziyahuza kandi zibitse ibisasu bizamuturikana!ahaaa akunda umunezero mwinshi uzamwica imburagihe!
ko batatubwiye aho akura abo bagabo baryamana inshuro 7 kumunsi. knd mwatubwiye ko umugabo we yamutaye gsa niyihangane akomeze yemere bamurongore knd abikore abikunze.
Ndabona akwiye kwitabwaho nabagabo benci kuko arababaje kabisa
Ntakundi
Uyu mugore niba ariwo muti muganga yamubwiye nakoreshe agakingirizo cyangwa ajye akorana imibonana no mbuzabitsina n’uwipimishije indwara zandura kugira ngo akomeze agire icyizere cyokubaho
Ndumiwe gusa ntiwakanga uwomwashakanye kuko uyu biragaragarako atariko yarasanze Kandi umuti bamusabye numugabowe uwufite namahirwe kubamuganga wumugore wawe ntakobisa!!niba bimunaniye batubwire twigireyo dutange ubutabazi bwibanze.ubwose arukumujyana ibutoro yarwaye kanseri yinkondo yumura ubwo yamujyanara.
Birakomeye
Uyu mugore niba ariwo muti muganga yamubwiye nakoreshe agakingirizo cyangwa ajye akorana imibonana no mbuzabitsina n’uwipimishije indwara zandura kugira ngo akomeze agire icyizere cyokubaho
Niyihangane bizagabanuka
Ahubwo nunva afise n’ubundi burwayi icyingenzi niyegere abaga babinshinzwe ibisigaye areke ubwo bubwa akora
Niba ariwomutintakundi gusa ngewe ndumva ugoye? Ese umuntubazaryamana 7azaba afite I’m Baraga zingana gute?
Ese? Mbabaze iyomiti murabona azajya ayibona ukobikwiyera?
Yewe niyihangane
Imana imuharire vrmt guk ntag az ivy ari gukora! so, she have only to play. Mwenyezi mungu amusaidie na atapona IN’SHALLAH! peut etre c’est la verite!