Akora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi kugirango abashe kunanuka

Umugore witwa Pauline Potter wo muri Leta ya Carifilonia muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika yategetswe n’umuganga gukora imibonano mpuzabitsina byibuze inshuro 7 ku munsi kugira ngo abashe kunanuka.

Impuguke mu bijyanye n’umubyibuho, Dr. Laura Berman, wo mu ishuri ry’abaganga rya Northwestern University i Chicago yemeza ko gukora imibonano mpuzabitsina ku bagore bafite umubyibuho ukabije ari igisubizo kugirango bagabanuke uko babyifuza.

Pauline amaze kutakaza ibiro 13 kubera gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi.
Pauline amaze kutakaza ibiro 13 kubera gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi.

Pauline wafatwaga nk’umugore minini ku isi, aremeza ko umubyibuho we wagabanutse kubera gukora imibonano mpuzabitsina, kuri ubu akaba amaze gutakaza ibiro bigera kuri 13; nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa datelinenews.org.

Ati :”Sinabashaga no guhindukira mu buriri ariko ubu ntakaza calories 500 ku nshuro imwe y’imibonano mpuzabitsina”.

Hashize imyaka itatu Pouline yaratandukanye n’umugabo we Alex kubera ubunini bukabije yari afite.

Pauline n'uwahoze ari umugabo we Alex, ubu wamutaye kubera umubyibuho.
Pauline n’uwahoze ari umugabo we Alex, ubu wamutaye kubera umubyibuho.

Pauline yaryaga ibiryo birimo calories zigera ku bihumbi 10 ku munsi maze aba munini ku buryo atabashaga kwihindukiza, umugabo we amaze kumenya ko bamushyize mu gitabo cy’abantu bafite udushya ku isi kubera ibiro bye,yahise amuta.

Pauline Potter yapimaga ibiro 330, ubu ngo ageze ku biro 317, ngo ashaka kugabanuka nibuze akagera ku biro 241 kugira ngo abashe kuba yava aho ari.

Ntabasha kugenda n'amaguru.
Ntabasha kugenda n’amaguru.

Namara kubigeraho abasha kuva aho ari azajya kureba umugabo we muri Arizona.
Nakomeza uwo muvuduko wo gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 7 ku munsi, mu gihe cy’amazi atandatu abaza amaze guta ibiro bigera kuri 23.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 57 )

Birakaze naze twibsnire

Nzakunda alex yanditse ku itariki ya: 9-04-2025  →  Musubize

Nazaranywa amazi ashushe burisaha are rimwe kumusi

Claude yanditse ku itariki ya: 3-03-2023  →  Musubize

Mwiriweho ikibazo. Mwaduha umuyobozi twagezaho. Ibyobibazo byabakora Amasaha yikirenga Dutagira Akazi Saa07:30 zamugitondo sasita na kiruhuko kakaragira saa21:00.zijoro cgse zikarenga nlkigo Cya Securty

Saus yanditse ku itariki ya: 8-11-2023  →  Musubize

Nazararya rimwe mucumweru Hama areke gukoresha ngendanwa ajekuba mwishamba rya wenyene Aho atazabonana nabantu acazaranwa namazi ashushe mugatondo sasita namugoroba uzarabeko harukwezi kuzahera adasubiye kwitaye ashaka

Claude yanditse ku itariki ya: 3-03-2023  →  Musubize

Ariko se uwo yakora imibonano mpuzabitsina ate atava aho ari. Ahubwo inama namuha naze arikinisha kenshi gashoboka nibura inshuro 3 kumusi.namara ukwezi atarananuka ivyo bavuga kukwikinisha bazaba batubesha.

Irakoze Olivier yanditse ku itariki ya: 19-03-2023  →  Musubize

Nakorespor nyinshi

Erther yanditse ku itariki ya: 14-12-2022  →  Musubize

Ego ko!Ndumva yararyohewe!ubwambere yangijwe na bya caroli yaryaga atitangira none imboro nazo ari kuziyahuza kandi zibitse ibisasu bizamuturikana!ahaaa akunda umunezero mwinshi uzamwica imburagihe!

gaspard yanditse ku itariki ya: 28-10-2020  →  Musubize

ko batatubwiye aho akura abo bagabo baryamana inshuro 7 kumunsi. knd mwatubwiye ko umugabo we yamutaye gsa niyihangane akomeze yemere bamurongore knd abikore abikunze.

James milo yanditse ku itariki ya: 25-08-2020  →  Musubize

Ndabona akwiye kwitabwaho nabagabo benci kuko arababaje kabisa
Ntakundi

Innocent yanditse ku itariki ya: 7-10-2019  →  Musubize

Uyu mugore niba ariwo muti muganga yamubwiye nakoreshe agakingirizo cyangwa ajye akorana imibonana no mbuzabitsina n’uwipimishije indwara zandura kugira ngo akomeze agire icyizere cyokubaho

Alias yanditse ku itariki ya: 21-09-2019  →  Musubize

Ndumiwe gusa ntiwakanga uwomwashakanye kuko uyu biragaragarako atariko yarasanze Kandi umuti bamusabye numugabowe uwufite namahirwe kubamuganga wumugore wawe ntakobisa!!niba bimunaniye batubwire twigireyo dutange ubutabazi bwibanze.ubwose arukumujyana ibutoro yarwaye kanseri yinkondo yumura ubwo yamujyanara.

Mutabazi yanditse ku itariki ya: 27-10-2019  →  Musubize

Birakomeye

Nzakunda alex yanditse ku itariki ya: 9-04-2025  →  Musubize

Uyu mugore niba ariwo muti muganga yamubwiye nakoreshe agakingirizo cyangwa ajye akorana imibonana no mbuzabitsina n’uwipimishije indwara zandura kugira ngo akomeze agire icyizere cyokubaho

Alias yanditse ku itariki ya: 21-09-2019  →  Musubize

Niyihangane bizagabanuka

Nsengiyaremye fulgence yanditse ku itariki ya: 19-09-2019  →  Musubize

Ahubwo nunva afise n’ubundi burwayi icyingenzi niyegere abaga babinshinzwe ibisigaye areke ubwo bubwa akora

Batiste yanditse ku itariki ya: 26-08-2019  →  Musubize

Niba ariwomutintakundi gusa ngewe ndumva ugoye? Ese umuntubazaryamana 7azaba afite I’m Baraga zingana gute?
Ese? Mbabaze iyomiti murabona azajya ayibona ukobikwiyera?

Kwizera desire yanditse ku itariki ya: 26-09-2019  →  Musubize

Yewe niyihangane

Tuyisenge Adele yanditse ku itariki ya: 26-10-2019  →  Musubize

Imana imuharire vrmt guk ntag az ivy ari gukora! so, she have only to play. Mwenyezi mungu amusaidie na atapona IN’SHALLAH! peut etre c’est la verite!

onesime yanditse ku itariki ya: 20-08-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka