Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko byibuze abantu bamaze gufata doze imwe y’urukingo rwa Covid-19 mu Rwanda barenga gato miliyoni eshatu.
Ishami rya Polisi rishinzwe gukoresha ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, riramenyesha abantu bifuza kubikora no guhabwa izo mpushya ko umunyeshuri n’ukoresha ikizamini aribo bonyine beremerewe kugera aho bikorerwa.
Abantu batatu bakurikiranyweho icyaha cyo kwiyitirira urwego rwa Polisi no gukora ibyangombwa bihimbano, nka Pasiporo n’impushya zo gutwara ibinyabiziga, birimo ibyo mu bihugu by’abaturanyi.
Abagize Urwego rwa DASSO rukorera mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, bafashije abazunguzayi kureka ubucuruzi bw’akajagari, baha abagore 20 igishoro n’aho gucururiza hajyanye n’igihe.
Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) irasaba ababyeyi kudaharira gusa abarimu abana, ahubwo bagafatanya mu burere bwabo, kugira ngo bagere ku burezi bufite ireme kuko ariyo ntego nyamukuru.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko hari ibikorwa remezo byinshi bimaze gukorwa byatumye benshi batakibarirwa mu batuye mu manegeka, kandi nyamara batarimuwe aho bari basanzwe batuye.
Abantu batanu bakurikiranyweho gukorera abandi ibizamini by’impushya z’agateganyo zo gutwara ibinyabiziga (Provisior), bakabikora mu mazina atari ayabo hagamijwe kugira ngo babibatsindire.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko mu rwego rwo kongera ibice byo kwidagaduriramo, bafite imishinga itandukanye irimo n’iyo kongera ibibuga abana bazajya bakiniraho.
Urwego rushinzwe iterambere mu Rwanda (RDB), ruratangaza ko bimwe mu bikorwa bigomba kongera gukora, harimo n’utubyiniro nyuma y’igihe kinini twari tumaze tutemerewe gukora kubera icyorezo cya Covid-19.
Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC), iravuga ko izakoresha miliyari 1.9 gusa y’Amafaranga y’u Rwanda mu matora y’inzego z’ibanze, bitewe n’uko yasubitswe imyiteguro igeze ku kigero cya 75%.
Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko ishusho rusange y’icyorezo cya Covid-19 ihagaze neza mu gihugu, kuko nko mu Mujyi wa Kigali ubwandu bwagabanutse kugera ku kigero cya 0.5 bikaba biri mu nzira nziza.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buravuga ko umushinga wo kubaka inzira zagenewe imodoka zitwara abagenzi, uzahera ku muhanda uturuka mu Mujyi werekeza ku kibuga cy’indege, zikaba zitezweho kunoza serivisi yo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buravuga ko mu gihe cy’imyaka itanu buteganya kuba bwubatse ibilometero 215.6 by’imihanda, mu mushinga mugari wo kubaka imihanda wiswe ‘Kigali Infrastructure Project’ (KIP).
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali yafashe abantu 14 barenze ku mategeko y’umuhanda bagatwara imodoka banyoye ibisindisha.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima kiratangaza ko buri mwaka mu Rwanda haboneka byibuze abarwayi ba kanseri bashya bagera ku 5000, harimo abagore n’abagabo.
Abaturage bo mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko abajya muri Car free zone barasaba kubakirwa ubwiherero rusange kuko babangamiwe no kujya kubushakira ahandi.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu iratangaza ko mu ijoro ryo ku itariki ya 10 Ukwakira 2021 yafashe abakinnyi barindwi bo mu ikipe ya Etincelles.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), kiratangaza ko kuri ubu uturere twose two hanze ya Kigali uko ari 27 twamaze guhabwa inkingo za Covid-19.
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko kubera impamvu z’imirimo yo kwamubutsa umuyoboro munini w’amazi, umuhanda KG 11 Ave Kimironko-Zindiro ugiye gufungwa mu gihe cy’iminsi hafi ibiri.
Bamwe mu barimu bakoranye na koperative Umwalimu SACCO barishimira ko yabafashije kwiteza imbere kuko n’ubwo umushahara babona udahagije ariko kandi ngo bageze ku rwego rushimishije.
Itsinda ry’abaganga 19 bo mu ngabo z’ u Rwanda (RDF) hamwe n’abandi basirikare baturutse mu bihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) batangiye icyumweru cy’ubufatanye n’abasivili.
Guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 09 Nzeri 2021, abafite imyaka 50 kuzamura bo mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba batangiye gukingirwa Covid-19.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) irashishikariza abarimu kurushaho kwihugura mu rurimi rw’Icyongereza kuko ari rwo bigishamo, bikaba bisaba kurumenya neza kugira ngo barusheho gutanga uburezi bufite ireme.
Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS), ruratangaza ko rwiteze kungukira byinshi rushobora kubyaza umusaruro mu nama yahuje abayobozi bahagarariye urwego rw’infungwa n’abagororwa mu bihugu bya Africa y’Iburasirazuba (EAC), inama yabaye guhera tariki 04-06 Nzeri 2021.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) iratangaza ko n’ubwo gusibiza abana batsinzwe byatangiriye ku bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange cy’ay’isumbuye, ngo bizagera no ku bo mu yandi mashuri.
Bwa mbere mu mateka y’isi, ku wa Gatatu taiki 06 Ukwakira 2021, Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (WHO), ryemeje bidasubirwaho urukingo rw’indwara ya Malariya.
Sendika y’abarimu bo mu bigo by’amashuri yigenga (Syneduc), barasaba ko abarimu bakoroherezwa kwishyura inguzanyo bahawe na Umwalimu SACCO, kuko ari ikibazo cyababereye umuzigo uremereye.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), kiratangaza ko guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Ukwakira 2021, site yo gupima Covid-19 ya Gikondo ifunga burundu.
Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) irasaba abarimu kuzamura abana bari inyuma y’abandi mu masomo bakagezwa ku kigero kimwe n’abandi banyeshuri, kugira ngo bashobore kugendera hamwe.
Kuri uyu wa 4 Ukwakira 2021, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye ibintu birimo ibiribwa n’ibinyobwa byafashwe muri Operasiyo ya USALAMA VII, byafashwe bitujuje ubuziranenge bikaba bifite agaciro k’Amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 34.