Ikipe ya Mukura VS yamaze gusesa amasezerano ya Ruremesha Emmanuel wari umutoza mukuru wayo, aho iyi kipe imushinja umusaruro muke muri shampiyona
Ikipe ya AS Kigali nyuma yo gusinyisha abatoza bakomoka Uganda, imaze no gusinyisha Jamil Kalisa wakiniraga Vipers yo muri Uganda
Ikipe ya Rutsiro Fc inganyije na Police FC igitego 1-1, nyuma yo kwishyurwa na mu minota y’inyongera mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Mu mikino y’umunsi wa 13 wa shampiyona, ikipe ya APR FC yagiye ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Gorilla FC igitego 1-0
Umunyarwandakazi Salima Mukansanga yaraya akoze amateka yo kuba ari we mugore wa mbere usifuye igikombe cya Afurika cy’umupira w’amaguru, inkuru yavuzwe ku isi yose.
Mu gihe hakomeza imikino y’umunsi wa 13 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru, abakinnyi 14 ntibemerewe gukina kubera ibibazo by’amakarita
Ikipe ya Gicumbi FC yatangaje ko yasinyishije ba rutahizamu babiri bakinaga mu makipe yo muri Congo Brazzaville, bakazayikinira mu mikino yo kwishyura
Umukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona wagombaga guhuza ikipe ya Marine na Espoir Fc I Rubavu, usubitswe kubera abagize ikipe ya Espoir FC benshi basanzwemo COVID-19
Umutoza Etienne Ndayiragije wari wageze mu Rwanda aje gutoza ikipe ya Etoile de l’Est, yamaze gusinyira ikipe ya Bugesera
Mu mikino isoza uwa 12 yabaye kuri uyu wa Mbere, ikipe ya Gasogi United yanyagiye Gicumbi 4-1, mu gihe Mukura yatsindiwe mu rugo na Police Fc
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, yatangaje ko bari gusuzuma uburyo abafana bakongera kugaruka ku bibuga muri iyi minsi
Mu mukino wari witezwe na benshi wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, APR FC na Kiyovu Sports zinganyije ubusa ku busa
Mu mikino y’umunsi wa 12 wa shampiyona, ikipe ya AS Kigali na Rayon Sports ntizabashije kwikura imbere ya Rutsiro Fc na Musanze FC zari zabasanze kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gutandukana n’abanya-Maroc yari yaratijwe na Raja Cassablanca, nyuma y’aho aba bakinnyi batangaje ko bafashwe nabi
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru, irasubukurwa kuri uyu wa Gatandatu, aho abakinnyi batandatu batemerewe gukina kubera amakarita bahawe mu mikino iheruka
Umwaka wa 2022 ni umwaka bamwe mu bakunzi b’imikino batangiye batarawuha injyana y’uko uzabagendekera, nk’uko uwa 2021 wagenze kubera icyorezo cya Coronavirus.
Amakipe abiri azahagararira u Rwanda muri Tour du Rwanda izatangira mu kwezi gutaha, yatangiye imyitozo ya nyuma bari gukorera hamwe, ikazasozwa bajya muri Tour du Rwanda
Abanya-Uganda Emmanuel Okwi na Muzamir Mutyaba basubiye muri Uganda ubwo shampiyona yahagarikwaga, ntibiramenyekana niba bazakina umukino wa APR Fc na Kiyovu wo ku Cyumweru.
Ikipe ya Rayon Sports yasubukuye imyitozo kuri uyu wa Kabiri, aho abakinnyi bane barimo umunyezamu Kwizera Olivier batigeze bayigaragaramo
Myugariro wa Gasogi United washinjwe gukora amakosa ku mukino APR FC yatsinzemo Gasogi United, yahawe imbabazi asubukura imyitozo na bagenzi be
Ferwafa yatangaje ingengabihe nshya ya Shampiyona igomba gusubukurwa kuri uyu wa Gatandatu, aho umukino utegerejwe uzahuza Kiyovu Sports na APR FC
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mpira w’amaguru isubukurwa kuri uyu wa Gatandatu tariki 15/01/2022
Jean Claude Uwizeye usanzwe ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu mu mukino wo gusiganwa mu magare, yabonye ikipe nshya yitwa Excelsior de Baie Mahault yo muri Guadeloupe
Ku munsi wa mbere w’igikombe cya Afurika kiri kubera muri Cameroun, ikipe ya Cameroun na Cap-Vert zabonye amanota atatu nyuma yo gutsinda imikino yayo
Nyuma y’iminsi yari ishize shampiyona mu mimikino itandukanye zisubitswe, Ministeri ya Siporo yatangaje amabwiriza mashya arimo gusubukura shampiyona n’imyitozo
Mu nama yahuje Ministeri ya Siporo n’amwe mu mashyirahamwe y’imikino mu Rwanda, hemejwe ko shampiyona zisubukurwa vuba, amamkipe akazajya apimwa ku buntu ku munsi w’imikino
Ikipe ya Guinea isoje imikino ya gicuti yakiniraga mu Rwanda itsinda Amavubi, mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza ko Henry Muhire ari we munyamabanga mukuru mushya wa Ferwafa
Umunyarwanda Hitimana Thierry uheruka gutandukana n’ikipe ya Simba SC yamaze kugirwa umutoza mukuru w’ikipe ya KMC yo muri Tanzania
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryemeye kwisubira rikuraho ingingo yo gucumbikira abakinnyi mu myanzuro mishya yari yafashwe