Mu nama yahuje Ministeri ya Siporo n’amwe mu mashyirahamwe y’imikino mu Rwanda, hemejwe ko shampiyona zisubukurwa vuba, amamkipe akazajya apimwa ku buntu ku munsi w’imikino
Ikipe ya Guinea isoje imikino ya gicuti yakiniraga mu Rwanda itsinda Amavubi, mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza ko Henry Muhire ari we munyamabanga mukuru mushya wa Ferwafa
Umunyarwanda Hitimana Thierry uheruka gutandukana n’ikipe ya Simba SC yamaze kugirwa umutoza mukuru w’ikipe ya KMC yo muri Tanzania
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryemeye kwisubira rikuraho ingingo yo gucumbikira abakinnyi mu myanzuro mishya yari yafashwe
Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje abanyamuryango ba Ferwafa igamije gushaka uburyo shampiyona yasubukurwa, Rayon Sports yanze umwanzuro w’uko amakipe akina abakinnyi bacumbikirwa hamwe
Umukinnyi Ilaix Moriba usigaye ukinira ikipe ya RB Leipzig yo mu Budage, ari mu bakinnyi b’ikipe ya Guinea Conakry baraye batsinzwe n’Amavubi ibitego 3-0
Mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Mbere, ikipe y’igihugu y’u Rwanda "AMAVUBI" yatsinze Guinea yitegura igikombe cya Afurika
Umwongereza Chris Froome wamamaye mu mukino wo gusiganwa ku magare, agiye kwitabira Tour du Rwanda 2022 hamwe n’ikipe ye ya Israel Start-Up Nation
Ikipe y’umukino w’intoki ya Gorillas Handball Club ku bufatanye na ambasade y’u Budage mu Rwanda, yatangije umushinga wo gukangurira abakiri bato gukina babihuza no kwiga
Perezida w’icyubahiro wa APR FC Gen James Kabarebe, yatashye ubukwe bwa Byiringiro Lague ukinira APR FC yemera kubakira uyu muryango mushya wasezeranye kuri uyu wa Kabiri
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko yahagaritse umutoza Masudi Djuma imushinja umusaruro muke
Kuri iki Cyumweru mu karere ka Rubavu haosjwe ibikorwa by’ihuriro rya ry’amashyirahamwe y’umukino wa Triathlon ku isi akoresha ururimi rw’igifaransa, harimo n’inama yahuje abayobozi b’ibi bihugu.
Ikipe ya APR FC yamaze kugera mu Rwanda nyuma yo kubura itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup, nyuma yo gusezererwa na RS Berkane yo muri Maroc
Mu marushanwa ya ECAHF yaberega muri Tanzania ikipe ya Police Handball Club y’u Rwanda ni yo yegukanye igikombe, mu gihe Kiziguro SS yasoje ku mwanya wa gatatu
Ikipe ya APR FC yaraye igeze muri Maroc aho igiye gukina umukino wo kwishyura wa CAF Confederation Cup na RS Berkane yo muri Maroc
Umunyezamu Kwizera Olivier uheruka kongera amasezerano muri Rayon Sports, yatangiye imyitozo hamwe n’ikipe ye iri gutegura umukino wa Kiyovu Sports
Komisiyo y’imisifurire ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Ugushyingo 2021, yafatiye ibihano abasifuzi barindwi bashinjwa amakosa mu mikino ya shampiyona
Ku munsi wa gatandatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere yakinwe kuri uyu wa Gatatu, Rayon Sports yatakarije i Rusizi, mu gihe AS Kigali na Police FC zabone amanota atatu
Ku munsi wa mbere w’amakipe ahagarariye u Rwanda mu irushanwa rya ECAHF riri kubera muri Tanzania, amakipe y’u Rwanda yitwaye neza
Amakipe 19 ni yo yatangajwe azitabira Isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda, rizaba kuva tariki 20 kugeza tariki 27/02/2022
Ku nshuro ya mbere, ikipe y’ishuri ryisumbuye yitabiriye irushanwa rihuza amakipe yo muri Afurika y’I Burasirazuba no hagati muri Handball (ECAHF)
Umunyezamu Kwizera Olivier wari umaze iminsi atagaragara mu ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana na rayon Sports kongera kuyikinira
Ku nshuro ya karindwi, umunya-Argentine Lionnel Messi yaraye yegukanye Ballon d’Or, mu birori byabereye mu nyubako izwi nka Théâtre du Châtelet
Mu mukino wa mbere wo gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup, APR yanganyije 0-0 na RS Berkane
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Niyonzima Olivier, nyuma yo guhagarikwa mu ikipe y’igihugu ashinjwa imyitwarire mibi yamaze kwandika asaba imbabazi
Nyuma y’ihagarikwa ry’imikino yaberaga kuri Stade Umuganda bitavuzweho rumwe, Minisiteri ya Siporo yongeye kwemera ko kuri Stade Umuganda habera imikino ya shampiyona
Umukino wa CAF Confederation Cup uzahuza APR FC na RS Berkane kuri iki Cyumweru, watumye imwe mu mikino yari iteganyijwe kuri Stade ya Kigali izaberaho uwo mukino yimurwa
Mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona wahuje ikipe ya APR FC na Rayon Sports, bamwe mu bafana bari mu byishimo mu gihe abandi byari agahinda
Mu mukino wari utegerejwe na benshi wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, APR FC yahatsindiye Rayon Sports ibitego 2-1