Abashinzwe gutegura irushanwa rya La Tropicale Amissa Bongo, batangaje urutonde rw’abakinnyi 15 bazatoranywamo umukinnyi w’umwaka mu mukino w’amagare
Banki ya Kigali yatanze inkunga ya Miliyoni 300Frw azafasha umukino wa Basketball mu Rwanda ku bakuru n’abato.
kapiteni wa APR Fc aratangaza ko abakinnyi ayoboye biteguye gukora ibishoboka byose bagatsinda Club Africain ku wa Gatatu w’icyumweru gitaha
Ministeri ya Siporo n’umuco yandikiye FERWAFA iyimenyesha ko nta nkunga izatera APR na Mukura zigiye guhagararira u Rwanda
Rutahizamu ufite inkomoko muri Brazil Jonathan Rafael da Silva, aragera mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu aho agomba kwerekwa abafana ku Cyumweru
Mu irushanwa ry’amagare riri kubera muri Eritrea, u Rwanda rwegukanye umwanya wa kabiri mu gusiganwa umuntu ku giti cye.
Nyuma y’aho umutoza Dr Petrovic asezereye, Jimmy Mulisa yagizwe umutoza w’agateganyo wa APR Fc kugeza igihe kitazwi.
Umutoza wa APR Fc, Dr Petrovic yamaze guhagarika burundu akazi ko gutoza, kubera ikibazo cy’uburwayi kimukomereye.
Ndayishimiye Eric Bakame wari umunyezamu akaba na kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, yamaze guhabwa urupapuro rumwemerera kuva muri Rayon Sports
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemerera Muhire Kevin kujya gukora igeragezwa mu Misiri rizamara ukwezi
Geoffrey KONDOGBIA ukina hagati mu ikipe ya Valence yo muri Espagne, yavunikiye myitozo y’igihugu cye cya Centrafurika i Nyamirambo
Abashinzwe gutegura isiganwa ry’amagare Tour du Rwanda bamaze gutangaza inzira za Tour du Rwanda 2019 izaba itandukanye n’izindi zose zabayeho.
Ikipe y’Amavubi y’abatarengeje imyaka 23, iguye miswi n’ikipe ya Repuburika iharanira demokarasi ya Congo, mu mukino ubanza wo guhatanira itike yo kwitabira igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 23.
Mu Karere ka Rubavu abafana bitabiriye umukino uza guhuza ikipe y’Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bari gupimwa icyorezo cya Ebola kimaze iminsi cyaribasiye uduce tumwe na tumwe twa Congo.
Mu mukino wari witezwe na benshi mu ntangiriro za shampiyona y’umukino wa Volley Ball mu Rwanda, ikipe ya REG itsinze UTB ku maseti 3 kuri 1.
Ikipe ya APR Fc imaze gutombora Club Africain yo muri Tunisia, naho Mukura itombora Free State Stars yo muri Afurika y’Epfo.
Ikipe ya Rayon Sports itsinze Bugesera ibitego 3-0, mu mukino w’umunsi wa gatanu wa Shampiona wakiniwe kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo Shampiona ya Volleyball mu Rwanda iza gutangira, ikazatangizwa n’ibirori bizaba birimo bamwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda
Ikipe ya Rayon Sports itsinze Gicumbi ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa kane wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Myugariro wa Rayon Sports Mutsinzi Ange Jimmy, yongereye amasezerano y’amezi atatu mu ikipe ya Rayon Sports
Patriots mu bagabo na IPRC y’Amajyepfo mu bagore ni zo zegukanye irushanwa ryiswe Legacy Tournament ryari rimaze iminsi ribera i Kigali
Mu mukino uzwi nka El Classico uhuza Fc Barcelone na Real Madrid, warangiye Fc Barcelone inyagiye Real Madrid ibitego 5-1
Amashyirahamwe y’imikono itandukanye mu Rwanda akunze kugaragaramo ikibazo cy’ubushobozi buke, butuma atabasha guteza imbere umukino kugira ngo uzamure urwego, kuburyo abawukina babasha guhangana ku rwego mpuzamahanga.
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi Gianni Infantino, yatangaje ko mu bintu yaganiriye na Perezida Kagame harimo kurwanya ruswa ivugwa mu mupira w’amaguru
Umuhanzi Senderi International Hit usanzwe ahimba indirimbo zirimo n’iz’amakipe, yamaze guhimbira Rayon Sports indirimbo nshya
Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA, u Rwanda mu mpira w’amaguru ubu rurabarizwa ku mwanya wa 138 ku isi
Salman Bin Ibrahim Al-Khalifa, igikomangoma cya Bahrain cyaraye kigeze i Kigali aho cyaje kwitabira inama ya FIFA izabera i Kigali
Cassa Mbungo wari umaze umwaka atoza Kiyovu Sports yamaze gusezera ku mirimo ye kubera kudahembwa
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo Perezida wa FIFA Gianni Infantino yageze mu Rwanda aho aje kuyobora inama ya FIFA
Umunya-Ghana Michael Sarpong uheruka gusinyirs Rayon Sports, yamaze kubona ibyangombwa bimwemerera kuyikinira.