Umukino wa gicuti ugomba guhuza ikipe y’igihugu y’ Rwanda y’abagore n’iya Republika iharanira Demokarasi ya Congo wimuriwe mu cyumweru i Rubavu.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza abakinnyi 23 bagiye kwerekeza i Abidjan, mu mukino ugomba guhuza Amavubi na Côte d’Ivoire
Mu rwego rwo gukomeza gutegura amakipe y’abakiri bato, u Rwanda rwateguye irushanwa rito rizahuza u Rwanda, Tanzania na Cameroun mu batarengeje imyaka 17.
Abakinnyi b’ikipe ya Gicumbi bahagaritse imyitozo nyuma y’uko abakinnyi bavuga ko hari ikirarane cy’umushahara batarahabwa, bakaba bazayisubiramo ngo ari uko bishyuwe
Umutoza Seninga Innocent washeshe amasezerano yari afitanye n’ikipe ya Bugesera, biravugwa ko agiye gusubira muri Musanze gusimbura Ruremesha Emmanuel
Seninga Innocent wari umutoza mukuru wa Bugesera FC yamaze kwandika ibaruwa isezera kuri aka kazi ndetse anishyuza ibirarane ikipe imufitiye.
Mu irushanwa rya Handball ryaberaga muri Zanzibar, risojwe u Rwanda rwegukanye umwanya wa gatatu mu batarengeje imyaka 18 na 20 mu bakobwa
Muri Tombola ya 1/4 cya Champions League, Ikipe ya Fc Barcelona izahura na Manchester United, muri Tombola imaze kubera mu Busuwisi
Ku munsi wa mbere wa Shampiyona Nyafurika mu mukino w’amagare, ikipe y’igihugu y’u Rwanda imaze kwegukana imidari ibiri
Myugariro w’Amavubi n’ikipe ya Sporting Kansas City yo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yari yasabiwe kudakina umukino w’Amavubi ariko ntibyakunze.
Umukino w’umunsi w 21 wa Shampiyona Rayon Sports yagombaga kwakiramo Kiyovu, wamaze gusubikwa kubera imikino y’ikipe y’igihugu Amavubi na Cote d’Ivoire
Myugariro w’ikipe ya ASF Andrézieux ikina muri Shampiyona y’icyiciro cya kane mu Bufaransa aratangaza ko agitereje ko yakinira u Bufaransa, byakwangwa akabona gukinira Amavubi
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 27 barimo bamwe mu bakinnyi bataherukaga guhamagarwa.
Giancarlo Davite afatanyije na Yan Demester ni bo begukanye Nyirangarama Tare Sprint Rally yabereye kuri uyu wa Gatandatu mu karere ka Rulindo, ari ryo siganwa ryabimburiye ayandi muri shampiyona y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa mu mamodoka
Kuri uyu wa gatandatu mu karere ka Rulindo hagiye kubera isiganwa ry’amamodoka ryitwa Nyirangarama Sprint Rally, rikazitabirwa n’imodoka 13
Ku mukino w’umunsi wa 19 wabereye i Gicumbi, Rayon Sports itsinze Gicumbi igitego 1-0 ihita iyobora urutonde rwa Shampiyona by’agateganyo
Kuri iki Cyumeru i Nyamirambo wa Kigali hasorejwe isiganwa rizenguruka u Rwanda ryakinwaga ku nshuro ya 11, aho ryegukanywe na Merhawi Kudus wa ASTANA Pro Team
Isiganwa rizenguruka igihugu, Tour du Rwanda 2019, risojwe kuri iki cyumweru, umunya - Eritrea, Merhawi Kudus, ari we uryegukanye.
Umunya - Eritrea Yacob Debesay yegukanye isiganwa mu gace ka Nyamata - Kigali
Umunya-Pologne Kasperkiewicz Przemyslaw ukinana na Areruya Joseph muri Delko Marseille yo mu Bufaransa, ni we wegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda 2019 ka Musanze-Nyamata
Umunya-Eritrea Biniam Girmay niwe wegukanye agace ka Kilometero 138,7 kavaga Karongi gasorezwa mu mujyi wa Musanze
Mu gace ka kane ka Tour du Rwanda 2019, kaje gusozwa Umunya-Colombia Edwin Avila ari we wegukanye agace kavaga Rubavu kerekeza Karongi
Umunya Colombia Edwin Avila ukinira ikipe ya Israel Cycling Club yegukanye agace Rubavu- Karongi.
Isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda, kuri uyu wa kabiri tariki 26 Gashyantare 2019 ryari rigeze ku munsi waryo wa gatatu. Abasiganwa 77 bahagurutse saa mbili zuzuye i Huye berekeza i Rubavu, ku ntera ya Kilometero 213 na metero 100, iyi ikaba ari yo ntera ndende kurusha izindi mu mateka ya Tour du Rwanda.
Mu isiganwa ryatangiye Saa ine zuzuye, abasiganwa 78 bahagurutse i Kigali berekeza mu karere ka Huye, aho Merhawi Kudus yaje kwegukana umwanya wa mbere
Umunya-Eritrea Merhawi Kudus ukinira ikipe yabigize umwuga ya ASTANA yegukanye agace ka kabiri kavaga Kigali kajya Huye.
Allessandro Fedeli ukina muri Delko Marseille yo mu Bufaransa, niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda ka Kigali-Rwamagana-Kigali.
LIVE - Tour du Rwanda 2019: Turabagezaho amakuru yose y’isiganwa aho rizanyura hose mu gihugu.
Mu mukino w’umunsi wa 17 waberaga kuri Stade Huye, Rayon Sports yahatsindiye Mukura ibitego 3-0, ihita inayambura umwanya wa kabiri
Kuri uyu wa Gatatu mu kigo mpuzamahanga cy’umukino w’amagare giherereye i Musanze, ikigo cy’igihugu gishinzwe kujyana hanze no guteza imbere ibiva ku buhinzi (NAEB) cyasuye abakinnyi b’abanyarwanda bari kwitegura Tour du Rwanda 2019.