MENYA UMWANDITSI

  • Abakinnyi ba APR FC bishimira intsinzi

    APR FC itsinze Musanze FC abafana baririmba ‘Nta ribi’ (Amafoto)

    Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Kanama 2022, ikipe ya APR FC yatangiye Shampiyona ya 2022-2023 itsinda, aho Bizimana Yannick ku munota wa nyuma yayifashije gutsinda Musanze FC ibitego 2-1, umukino wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo.



  • Tshabala aterura Juma wamuhaye umupira wavuyemo igitego

    AS Kigali yatsinze Etincelles FC, Police FC itangira itsindwa

    Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Kanama 2022, nibwo hatangiye shampiyona y’icyiciro cya mbere 2022-2023 mu Rwanda, yaranzwe no gutsinda kw’amakipe ari mu rugo, Police FC yahize ibikombe itangira itsindirwa i Nyagatare.



  • Mugiraneza Jean Baptiste Migi

    Dufite umutwaro uremereye wo guhesha Police FC ibikombe - Migi

    Kapiteni mushya akaba n’umukinnyi mushya mu ikipe ya Police FC, Mugiraneza Jean Baptiste umenyerewe nka Migi, mbere yo gutangira shampiyona ya 2022-2023, avuga ko bafite akazi gakomeye ko kugeza iyi kipe ku byo itari yageraho birimo no gutwara shampiyona.



  • Rayon Sports yatsinzwe na Vipers SC ku munsi w’Igikundiro.

    Mbere yo gutangira umwaka w’imikino wa 2022-2023 ikipe ya Rayon Sports yateguye umukino wa gicuti wayihuje n’ikipe ya Vipers SC yo muri Uganda itsindwa igitego 1-0.



  • Ikipe ya Rayon Sports mu mwaka w

    Rayon Sports yerekanye abakinnyi inabaha nimero mu birori bya #RayonSportsDay

    Mu birori bya Rayon Sports Day 2022 "Umunsi w’igikundiro byabaye kuri uyu wa mbere tariki 15 Kanama 2022, ikipe ya Rayon Sports yerekanye abakinnyi bashya izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2022-2023 birangira uwari uegerejwe nk’impano atabonetse.



  • AS Kigali yatwaye Super Cup ya kabiri

    AS Kigali itsinze APR FC iyitwara igikombe

    Kuri iki Cyumweru tariki 14 Kanama 2022, kuri sitade ya Kigali hakinwe umukino w’igikombe kiruta ibindi mu Rwanda Super Cup 2022, ikipe ya AS Kigali ku nshuro ya gatatu yikurikiranya itsinda APR FC inayitwara igikombe itsinze kuri penaliti 5-3.



  • Carlo Ancelotti

    Nyuma ya Real Madrid nzasezera - Umutoza Carlo Ancelotti

    Umutoza w’ikipe ya Real Madrid Umutaliyani Carlos Ancelotti yahishuye ko nyuma y’uko azaba avuye muri iyi kipe ari gutoza kugeza ubu azahita asezera kuri uyu mwuga.



  • Habimana Ntore yashimishije abari muri BK Arena

    #Basketball: Patriots yatsinze REG BBC isoza umwaka usanzwe iyoboye shampiyona

    Muri shampiyona ya Basketball yakomezaga kuri uyu wa Gatanu, ikipe ya Patriots yatsinze REG BBC amanota 83-78, isoza shampiyona ari yo iyoboye mbere y’uko hakinwa imikino ya kamarampaka.



  • APR FC na AS Kigali zizakinira imikino Nyafurika i Huye

    APR FC na AS Kigali zizakinira imikino Nyafurika i Huye

    Ikipe ya APR FC na AS Kigali zizasohokera u Rwanda mu mikino Nyafurika, CAF Champions League na CAF Confederation Cup, zizajya zakirira imikino yazo kuri Stade mpuzamahanga ya Huye, nyuma y’uko iyi stade isohotse ku rutonde rw’izemewe na CAF.



  • Rwatubyaye ati "Nagarutse aho nita mu rugo"

    Nagarutse aho nita ko ari mu rugo-Rwatubyaye Abdoul

    Nyuma yuko kuwa kabiri tariki 9 Kanama 2022 myugariro Rwatubyaye Abdoul ufite imyaka 25 y’amavuko yongeye gusinyira ikipe ya Rayon Sports nyuma y’imyaka itatu ayivuyemo, uyu musore yatangaje ko agarutse aho afata nko mu rugo.



  • AS Kigali

    #CAFCC: AS Kigali izahura na ASAS Djibouti Télécom

    Ikipe ya AS Kigali yatwaye Igikombe cy’Amahoro 2022, kiyihesha itike yo guhagararira u Rwanda mu mikino y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, yatomboye ASAS Djibouti Télécom yo mu gihugu cya Djibouti.



  • APR FC itomboye US Monastir yo muri Tunisia

    #CAFCL: APR FC itomboye US Monastir yo muri Tunisia

    Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Kanama 2022, nibwo habaye tombola y’uko amakipe azahura mu ijinjora ry’ibanze mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, CAF Champions League 2022-2023, isiga APR FC ihagarariye u Rwanda, izahura na US Monastir yo muri Tunisia.



  • Stade Huye yamaze guhabwa uburenganzira bwo kwakira imikino mpuzamahanga

    U Rwanda rwemerewe kuzakirira Ethiopia kuri Stade Huye

    Mu gushakisha itike ya CHAN 2023, u Rwanda rwamaze kwemerwa na CAF ko umukino wo kwishyura uzaruhuza na Ethiopia uzabera kuri Stade Huye.



  • Simba SC yashimye Kagere Meddie mu myaka ine bamaranye.

    Meddie Kagere yaguzwe na Singida Big Stars

    Kuri uyu wa kane tariki 4 Kanama 2022,rutahizamu w’ikipe y’igihgu y’u Rwanda Amavubi Meddie Kagere wakiniraga ikipe ya Simba SC yerekanwe nk’umukinnyi mushya mu ikipe ya Singida Big Stars zombi zo muri Tanzania.



  • Muhire Kevin yari kapiteni wa Rayon Sports

    Muhire Kevin yasinyiye Yarmouk y’umutoza Jorge Paixao

    Umukinnyi w’umunyarwanda wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports yasinyiye ikipe ya Yarmouk yo mu gihugu cya Kuwait itozwa n’umutoza Jorge Paixao wahoze atoza uyu musore.



  • Emery Mvuyekure ni umwe mu banyezamu b

    Mvuyekure Emery yerekeje muri Police FC

    Nyuma yo gutandukana n’abanyezamu bayo babiri Ndayishimiye Eric na Rwabugiri Umar, ikipe ya Police FC yamaze kugura umunyezamu Emery Mvuyekure ngo azayifashe guhera mu mwaka w’imikino wa 2022-2023.



  • Liverpool iwaye FA Community Shield

    Liverpool itsinze Manchester City itwara ‘FA Community Shield’

    Kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Nyakanga 2022, ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza yatangiye umwaka w’imikino wa 2022-2023, itwara igikombe kiruta ibindi cya FA Community Shield, gihuza ikipe ya yatwaye shampiyona ndetse n’iyatwaye FA Cup nyuma yo gutsinda Manchester City ibitego 3-1.



  • Shaban Hussein Tshabalala

    Shaban Hussein Tshabalala yongerewe amasezerano muri AS Kigali

    Kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Nyakanga 2022, ikipe ya AS Kigali yatangaje ko yongereye amasezeramo y’imyaka 2 rutahizamu wayo, Shaban Hussen Tshabalala.



  • Ni umunsi werekanirwamo ikipe yose izakoreshwa, aha ni umwaka ushize

    Rayon Sports Day 2022: Gikundiro izakina n’ikipe yo hanze itaratangazwa

    Ku wa Gatanu tariki 29 Nyakanga 2022, ikipe ya Rayon Sports (Gikundiro) yatangaje ko ibirori bibanziriza umwaka w’imikino itegura buri mwaka, bimaze kumenyekana nka Rayon Sports Day, biteganyijwe kuba ku wa Mbere tariki ya 15 Kanama 2022.



  • Alain-André Landeut aje gutoza Kiyovu Sports guhera mu mwaka w

    Umutoza mushya wa Kiyovu Sports yageze mu Rwanda

    Umutoza Alain-André Landeut ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa Kane tariki 28 Nyakanga 2022, aje gutoza ikipe ya Kiyovu Sports.



  • Rwamagana City FC

    Rwamagana City izakirira imikino yayo i Ngoma

    Nyuma yo kuzamuka muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda 2022-2023, ikipe ya Rwamagana City FC, izajya yakirira imikino yayo mu Karere ka Ngoma.



  • Umutoza Bisengimana Justin

    Bisengimana Justin yasabwe guhesha Espoir FC Igikombe cy’Amahoro

    Nyuma yo gutandukana na Bipfubusa Joslin atayitoje umukino n’umwe, ikipe ya Espoir FC yamaze gusinyana amasezerano n’umutoza Bisengimana Justin watozaga Rutsiro FC, mu myaka ibiri yasinye asabwa kuzahesha iyo kipe Igikombe cy’Amahoro.



  • Cristiano Ronaldo ntibiramenyekana ikipe azakinira muri uyu mwaka uri imbere

    Ahazaza ha rutahizamu Cristiano Ronaldo hakomeje kwibazwaho

    Mu gihe hakomeje kwibazwa aho rutahizamu wa Manchester United Cristiano Ronaldo azerekeza, umuyobozi w’ikipe ya Atletico Madrid yari igezweho mu makipe avugwa ko yifuza uyu mugabo w’imyaka 37 yavuze ko aya makuru atari yo.



  • Mugiraneza Jean Baptiste

    Police FC iri mu biganiro na Migi na Jacques Tuyisenge

    Mu rwego rwo gukomeza kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino wa 2022-2023, ikipe ya Police FC iri mu biganiro n’abakinnyi babiri aribo Mugiraneza Jean Baptiste uzwi cyane nka Migi, ndetse na Jacques Tuyisenge ngo bazayifashe.



  • Karekezi Dylan w

    Ntasanzwe: Umusifuzi Karekezi Dylan w’imyaka 11 y’amavuko

    Karekezi Dylan watangiye gusifura afite imyaka umunani y’amavuko ni umwe mu basifuzi basifuye imikino y’amashuri yasorejwe mu Karere ka Rubavu mu mpera z’icyumweru gishize. Karekezi avuga ko yahisemo uyu mwuga wo gusifura umupira w’amaguru kubera urukundo abifitiye, mu gihe abandi usanga bahitamo kwamamara mu gukina.



  • Umutoza Haringingo wa Rayon Sports

    Intego ni ugutwara ibikombe byose - Umutoza mushya wa Rayon Sports

    Nyuma y’uko ikipe ya Rayon Sports itangiye imyitozo ku wa 22 Nyakanga 2022, yitegura umwaka w’imikino wa 2022-2023, umutoza w’iyo kipe, Haringingo Christian Francis, avuga ko gahunda bafite ari ugutwara ibikombe byose bikinirwa mu Rwanda.



  • Sadio Mané

    Sadio Mané yatowe nk’umukinnyi uhiga abandi muri Afurika

    Ku wa Kane tariki 21 Nyakanga 2022, i Rabat mu gihugu cya Maroc habereye umuhango wo gutanga ibihembo ku bakinnyi n’abandi bafite aho bahuriye na ruhago ya Afurika bitwaye neza mu 2022, Sadio Mané ahiga abandi atwara igihembo ku nshuro ya kabiri.



  • Niyibizi Ramadhan

    Haravugwa ukutumvikana hagati ya AS Kigali na Niyibizi Ramadhan ushaka kuyivamo

    Kuri ubu amakipe amwe n’amwe yatangiye imyitozo yitegura umwaka w’imikino wa 2022-2023. Mu yatangiye imyitozo harimo n’ikipe ya AS Kigali. Icyakora mu bakinnyi ifite ntabwo harimo umukinnyi Niyibizi Ramadhan itarimo kumvikana na we ku bigomba kumutangwaho ngo yerekeze muri APR FC imwifuza na we akayifuza.



  • KNC

    Ntabwo tuzi icyo dushaka: Perezida wa Gasogi United akebura abayobozi b’amakipe

    Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi cyane nka KNC, yavuze ko kugeza ubu abayobozi b’amakipe y’umupira w’amaguru mu Rwanda, batazi icyo bashaka mu rwego rwo guteza imbere umupira kandi ubyara inyungu.



  • Robert Lewandowski

    FC Barcelona yaguze Robert Lewandowski

    Nyuma y’igihe ikipe ya FC Barcelona yifuza rutahizamu Robert Lewandowski wakiniraga ikipe ya Bayern Munich n’ibiganiro by’igihe kirekire, amakipe yombi yemeje ko yamaze kumvikana ku igurwa ry’uyu mugabo w’imyaka 33.



Izindi nkuru: