MENYA UMWANDITSI

  • Sergio Kun Aguero

    Mu marira menshi Sergio Kun Aguero yasezeye gukina umupira w’amaguru

    Ku myaka 33, kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ukuboza 2021, umukinnyi mpuzamahanga w’umupira w’amaguru ukina asatira ukomoka mu gihugu cya Argentine, Sergio Leonel Del Castilo Aguero uzwi nka Sergio Kun Aguero nibwo yasezeye gukina umupira w’amaguru kubera ibibazo by’ubuzima.



  • Simba Honore yahagaritswe amezi atatu

    FERWAFA yahagaritse abasifuzi bane bavuzweho amakosa

    Komisiyo y’imisifurire mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yahagaritse abasifuzi bane kubera amakosa bakoze mu mikino itandukanye basifuye, iryo shyirahamwe rikavuga ko ritazigera ryihanganira abazakomeza gukora amakosa n’ubwo ryasigarana abasifuzi bacye.



  • Lionel Messi na Sergio Ramos bahoze bahanganye ubu barimo gusenyera umugozi umwe

    UEFA Champions League: Sergio Ramos na Lionel Messi bagiye guhangana na Real Madrid

    Nyuma yuko hasheshwe tombola yari yabaye ku isaha ya saa saba kubera amakosa yabayemo, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere i Nyon mu Busuwisi ku cyicaro cy’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi, UEFA, hongeye kubera tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya 1/8 cy’irangiza yasize impinduka eshanu.



  • APR Fc yabanje mu kibuga

    APR FC yabonye amanota atatu, AS Kigali inganya na Etincelles FC

    Ku Cyumweru tariki 12 Ukuboza 2021, ubwo hasozwaga umunsi wa munani wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda 2021-2022, APR FC yaratsinze ibona amanota 3, mu gihe AS Kigali yatakaje kuko yanganyije na Etincelles FC.



  • Rayon Sports yujuje imikino itatu itabona intsinzi, Mukura ikura amanota i Rusizi

    Imikino y’umunsi wa munani wa shampiyona y’icyiciro cya mbere yatangiye gukinwa ku wa Gatanu yakomezaga kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ukuboza 2021 hakinwa imikino 3 yaranzwe no kwihagararaho kw’amakipe yari yakiniye hanze.



  • Kiyovu Sports ubu iyoboye urutonde rwa shampiyona

    Kiyovu Sports yanyomoje ibivugwa ko ifitanye ibibazo n’abarimo Emmanuel Okwi na Mutyaba

    Nyuma y’umukino w’umunsi wa karindwi ikipe ya Siyovu Sports yatsinzemo Rayon Sports ibitego 2-0, umuyobozi w’ikipe ya Kiyovu Sports Mvukiyehe Juvenal yavuze ko nta kibazo na kimwe bafitanye n’uwo ariwe wese muri Kiyovu Sports.



  • CIMERWA yongeye gutegura irushanwa rya Golf mu Rwanda

    Ku nshuro ya kane, uruganda nyarwanda rukora sima mu Rwanda (CIMERWA) ku bufatanye na Kigali Golf Llub rwongeye gutegura irushanwa ry’iminsi 2 mu mukino wa Golf rizwi nka Cimegolf, irya 2021 rikazakinwa tariki 3 n’iya 4 Ukuboza 2021 kuri Kigali resorts &Villas i Nyarutarama.



  • Inama y

    Amatora, uko umutungo wakoreshejwe: Ibyaranze inteko rusange y’ishyirahamwe ry’imikino ngororamubiri

    Mu nama rusange yabaye tariki 27 Ugushyingo 2021 kuri Sitade Amahoro i Remera yahuje abanyamuryango b’ishyirahamwe ry’imikino ngororamubiri (RAF), hagaragajwe ibikorwa byagezweho muri 2021 ndetse n’ibiteganywa gukorwa n’igihe cy’amatora ya komite nshya.



  • FERWAFA yasobanuye ibijyanye no kwinjira mu bibuga kw’abafana

    Nyuma y’umwaka n’amezi arindwi nta bafana bemerewe kwinjira ku bibuga bikinirwaho umupira w’amaguru mu Rwanda, nk’imwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid 19 cyugarije u Rwanda n’isi muri Rusange, abafana bagiye kongera kugaruka ku bibuga muri Shampiyona ya 2021-2022 iteganyijwe gutangira kuri uyu wa (…)



  • Rayon Sports ishobora kwakira abafana ku mukino izerekanamo abakinnyi bashya

    Ikipe ya Rayon Sports ishobora kwemererwa kwakira abafana kuri sitade mu mukino wa gicuti izakinamo n’ikipe hagati ya Mukura Victory Sports na Police FC kuri Stade Amahoro i Remera ku Cyumweru tariki 24 Ukwakira 2021.



  • Emery Bayisenge ngo azakomeza gukina umupira n

    Emery Bayisenge yavuze ku hazaza he mu mupira w’amaguru

    Mu gihe habura amasaha amake ngo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rifunge mu Rwanda, Emery Bayisenge ukina hagati muri ba myugariro wakiniraga ikipe ya AS Kigali, utari wabona ikipe kugeza ubu, avuga ko ahazaza he hazamenyekana mu gihe kitarambiranye ariko ko azakomeza gukina umupira.



Izindi nkuru: