MENYA UMWANDITSI

  • Basanga ubufatanye ari bwo buzatuma kurengera ibidukikije bigerwaho

    Banki ya Kigali na ARCOS mu bufatanye mu kurengera ibidukikije

    Banki ya Kigali (BK) yatangije ubufatanye mu kurengera ibidukikije na ARCOS, umuryango ukorera mu karere k’Ibiyaga bigari, wibanda ku kwita ku butaka bwangiritse, kurengera ibidukikije muri rusange harimo gutera amashyamba, guteza imbere imiryango n’ibindi.



  • Abaturage bifuza ko bakoroherezwa mu kubona serivisi z

    Kutandukuza abapfuye ku gihe, imbogamizi ku iterambere ry’abaturage

    Kuzuza amakuru y’irangamimerere muri rusange ni ingirakamaro ku baturage no ku gihugu, kuko ayo makuru ari yo aherwaho hakorwa igenamigambi, ari na ryo rigenderwaho mu guteza imbere abaturage hakurikijwe ibyo bakeneye, bikaba ari ngombwa rero ko imibare y’abagenerwabikorwa iba izwi.



  • Ibisenge byagombye kubyazwa amashanyarazi

    Abantu barakangurirwa kugira ibisenge by’inzu bitanga amashanyarazi

    Abanyarwanda n’abaturarwanda barakangurirwa kugita ibisenge by’inzu zabo bitanga amashanyarazi, ni ukuvuga ko babishyiraho ibyuma bifata imirasire y’izuba ubundi akaba ari yo mashanyarazi bakoresha mu ngo zabo, hagamijwe guteza imbere ikoreshwa ry’ingufu zisubira.



  • BK yizihije Kwita Izina yiyemeza kurengera ibidukikije n’abaturage

    Banki ya Kigali (BK) yishimiye kwifatanya n’u Rwanda ndetse n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga, mu birori byo Kwita Izina ku nshuro ya 20, byabereye mu nkengero za Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, aho abana 40 b’ingagi bitiwe amazina, igikorwa cyabaye ku wa Gatanu tariki 5 Nzeri 2025.



  • Buri wese arasabwa kugira ibibazo by’umuryango ibye - Minisitiri Uwimana

    Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, arasaba buri wese kugira ibibazo by’umuryango ibye, bityo ubwo bufatanye butume Igihugu kigira imiryango myiza.



  • Abaturage bamenye akamaroko kubungabunga ibidukikije

    Abaturiye Pariki y’Ibirunga bakomeje kwishimira ibyiza bayikesha

    Abaturage baturiye Pariki y’Ibirunga iherereye mu Karere ka Musanze, bavuga ko bashimishwa n’ibikorwa by’iterambere bayikesha, bikaba byarabahaye imbaraga zo kuyibungabunga bayirinda abayangizaga biganjemo ba rushimusi, ubu ingagi n’izindi nyamaswa zikaba zitagihigwa ahubwo zikarindwa.



  • Dore ibihano biteganyirizwa abatubahiriza amabwiriza ajyanye no gucunga imyuka ihumanye

    Ku wa Mbere tariki 25 Kanama 2025, u Rwanda rwatangije ku mugaragaro isuzuma ry’imyuka iva mu binyabiziga, Minisiteri y’Ubutabera ikaba yaranasohoye amabwiriza mashya agena ibyerekeye imyuka ihumanya ikirere, akanasobanura amande n’ibihano bihabwa abatubahiriza ayo mabwiriza.



  • Ibyaranze umukino wahuje RDF na UPDF (Amafoto)

    Kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Kanama 2025, mu Karere ka Musanze kuri stade Ubworoherane, habereye umukino wa gicuti w’umupira w’amaguru wahuje Ingabo z’u Rwanda (RDF), Diviziyo ya kabiri, n’Ingabo za Uganda (UPDF) na zo za Divizyo ya kabiri, umukino wabanjirijwe n’akarasisi.



  • Umunyamabanga wa Leta muri MINALOC, Kayisire Marie Solange

    Abaturage barakangurirwa kwitabira kwemeza amakuru y’irangamimerere bitegura Indangamuntu Koranabuhanga

    Abaturage bose barakangurirwa kwitabira kwemeza amakuru y’irangamimerere ryabo bityo ahari amakosa akosorwe, ndetse abagejeje igihe cyo gufata indangamuntu n’abakirengeje buzuze ibisabwa bazihabwe, bityo bizaborohere kubona indangamuntu Koranabuhanga (e-Ndangamuntu) zizatangira gutangwa muri Kamena umwaka utaha.



  • Bashimye ibyiza by

    Abitabiriye ikoraniro ry’Abahamya ba Yehova bashimye uko bakiriwe mu Rwanda

    Abahamya ba Yehova basaga ibihumbi 43 baturutse imihanda yose y’Isi, bari bamaze iminsi itatu mu ikoraniro mpuzamahanga ry’amasengesho ryabahurije mu Rwanda, aho barisoje kuri iki Cyumweru tariki 10 Kanama 2025, bakaba batangaje ko bishimiye uko bakiriwe mu Rwanda.



  • Ghana: Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege

    Minisitiri w’Ingabo, Dr Edward Omane Boamah na Minisitiri w’Ibidukikije, Siyansi n’Ikoranabuhanga, Ibrahim Murtala Muhammed ba Ghana, bahitanywe n’impanuka y’indege ya gisikare ya kajugujugu, yanaguyemo n’abandi bantu batandatu barimo n’abakozi bayo, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa Guverinoma y’icyo gihugu.



  • Umushinga Green Amayaga ugiye nkwagurirwa mu tundi turere

    U Rwanda rwahawe Miliyoni 18 z’Amadolari yo kwagura umushinga ‘Green Amayaga’

    Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe Ibidukikije, GEF, cyageneye u Rwanda inkunga ya Miliyoni 18 z’Amadolari y’Amerika (asaga Miliyari 26Frw), azarufasha mu kwagura ibikorwa by’umushinga Green Amayaga, byo gusubiranya urusobe rw’ibinyabuzima no gutera ibiti aho byacitse kubera impamvu zitandukanye. Uyu mushinga usanzwe ukorera mu (…)



  • BNR

    Menya ibigo by’imari bigenzurwa na Banki Nkuru y’u Rwanda

    Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), ifite inshingano z’ibanze zo kugenzura Politi y’ifaranga, ni ukuvuga kubungabunga ifaranga ry’Igihugu, ariko kandi ikanagera ku rwego rw’imari, ni ukuvuga kugenzura imikorere y’ibigo by’imari, ibyo byose bigakorwa hagamijwe kurengera inyungu z’umuturage.



  • Zuchu yiyamye abamuhamagarira umugabo mu gicuku (Photo: K24 Didital)

    Zuchu yiyamye abamuhamagarira umugabo (Diamond) mu gicuku

    Umuhanzikazi w’Umunya-Tanzaniya, Zuchu akaba umugore w’umuhanzi w’icyamamare na we w’Umunya-Tanzania, Diamond Platnumz, yiyamye abahamagara umugabo we mu masaha akuze y’ijoro, abasaba kubihagarika.



  • Abanyarwanda baba muri Mozambique bizihije umunsi wo #Kwibohora31

    Abanyarwanda batuye muri Mozambique bizihije umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu gikorwa cyitabiriwe n’abarenga 300, barimo abayobozi mu nzego za Leta ya Mozambique, abahagaririye ibihugu byabo n’imiryango mpuzamahanga muri Mozambique, Abanyarwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda.



  • Iserukiramuco ‘Ubumuntu Arts Festival’ rizibanda ku buzima bwo mu mutwe

    Abahanzi batandukanye bazitabira iserukiramuco ngarukamwaka, Ubumuntu Arts Festival 2025, bavuga ko bazaboneraho kugaragaza ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe, giteye inkeke muri iki gihe ku Isi.



  • Texas: Abarenga 100 bahitanywe n’imyuzure

    Imibare iheruka yatangajwe n’abayobozi muri Texas, igaragaza ko abantu 104 ari bo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’imyuzure, ibintu Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, avuga ko ari ko kaga gakomeye kagwiriye igihugu mu myaka 100 ishize.



  • Byari ibirori mu guhemba abatsinze Rwanda Mountain Gorilla Rally 2025 (Amafoto)

    Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 6 Nyakanaga 2025, ni bwo hahembwe abitwaye neza muri Rwanda Mountain Gorilla Rally 2025, nyuma y’uko iri siganwa ry’imodoka ryamaze iminsi itatu rirangiye, rikaba ryegukanywe na Samman Vohra na Drew Sturrock, bari batwaye imodoka ya Skoda Fabia.



  • Elon Musk

    Elon Musk yashinze ishyaka yise ‘Parti de l’Amérique’

    Umuherwe w’Umunyamerika ari na we nyiri urubuka rwa X rwahoze rwitwa Twitter, Elon Musk, yashinze ishyaka rye yise Parti de l’Amérique, abasesenguzi bakavuga ko ari ikintu gikomeye muri politiki ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, ahari hasanzwe amashyaka abiri gusa akomeye asimburana ku butegetsi.



  • Ruto yemeza ko arimo kubaka urusengero muri Perezidanzi (Ifoto: Uzalendo News)

    Kenya: Ntibavuga rumwe ku rusengero Ruto arimo kubaka muri Perezidansi

    Perezida wa Kenya, William Ruto arimo kubaka urusengero runini muri Perezidansi y’iki gihugu, ariko abaturage ntibabyumva kimwe kuko babona bitari bikwiye, gusa we akavuga ko ntawe ugomba kwitambika uwo mushinga, cyane ko amafaranga azakoreshwa azava ku mufuka we.



  • Nigeria: Abanyarwanda n’inshuti zabo bizihije umunsi wo #Kwibohora31

    Ku wa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga 2024, Abanyarwanda baba mu gihugu cya Nigeria, abayobozi mu nzego za Leta y’iki gihugu, abahagarariye ibihugu byabo, abakozi b’imiryango mpuzamahanga n’inshuti z’u Rwanda, bizihije umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 31.



  • APR ku Ivuko: Ibirori bibereye ijisho ku Mulindi w’Intwari (Amafoto)

    Kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Nyakanga 2025, umunsi u Rwanda rwizihiza #Kwibohora31, ikipe ya APR FC yagiye kwizihiriza uyu munsi aho yavukiye ku Mulindi w’Intwari mu Karere ka Gicumbi, aho iri kumwe n’abayobozi batandukanye n’abakunzi bayo, ibirori byiswe ‘APR ku Ivuko’, ikaba ari isabukuru yayo ya 32.



  • Imodoka ziba zigendera ku muvuduko udasanzwe

    Rwanda Mountain Gorilla Rally yongeye yagarutse, imihanda izakoreshwa

    Isiganwa ry’imodoka rimaze kumenyerwa mu Rwanda rizwi nka ‘Rwanda Mountain Gorilla Rally’ ryongeye ryagarutse, iry’uyu mwaka rikazatangira ku wa Gatanu tari 4 Nyakanga 2025.



  • Abaturage baravurwa ku buntu

    Nyanza: Ingabo za EAC zirimo kuvura abaturage ku buntu

    Bamwe mu Ngabo zo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bateraniye mu Rwanda aho bari mu bikorwa bihuza Ingabo n’abaturage, bakaba bari mu bikorwa by’ubuvuzi ndetse n’iterambere ry’abaturage hirya no hino mu gihugu.



  • Pakistan: Abasirikare 16 baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi

    Muri Pakistan, umwiyahuzi yashoye imodoka yari arimo yuzuye ibisasu ku mudoka zari zitwaye abasirikare b’icyo gihugu, 16 muri bo bahasiga ubuzima, nk’uko inzego z’ubuyobozi muri icyo gihugu zabitangarije AFP.



  • Kutagira amakuru ku buzima bw

    Kutagira amakuru ku buzima bw’imyororokere bituma hari abafite ubumuga baterwa inda

    Abantu bafite ubumuga bahamya ko kubona amakuru ku buzima bw’imyororokere bitaborohera kubera ubumuga bunyuranye bafite, bigatuma muri bo hari abaterwa inda, cyane cyane abangavu.



  • Abaturiye Pariki ya Gishwati-Mukura barishimira iterambere ibagejejeho

    Abaturiye Pariki ya Gishwati-Mukura barishimira iterambere igenda ibagezaho

    Nk’uko bisanzwe abaturiye Pariki z’Igihugu bagira icyo bagenerwa ku mafaranga yinjizwa n’izo Pariki biciye mu bukerarugendo (Tourism Revenue Sharing), bikabafasha kubona ibikorwa remezo batari bafite, ndetse bagakora imishinga itandukanye igahabwa inkunga.



  • Banenze abapasiteri ba EAR batarinze abakristu babahungiyeho bigatuma bicwa

    Shyogwe: Baranenga abapasiteri ba EAR batarinze abakristu babahungiyeho bigatuma bicwa

    Mu gikorwa cyo kwibuka abihayimana n’abakristu b’Itorero Anglicane mu Rwanda (EAR) bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyabereye ku cyicaro cy’Itorero Anglicane Diyoseze ya Shyogwe ku wa Gatatu tariki 7 Gicurasi 2025, abitabiriye icyo gikorwa banenze abapasiteri bagambaniye abakristu babahungiyeho aho kubarinda, (…)



  • Minisitiri w

    Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba - Minisitiri Nsengimana

    Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, avuga ko iyo uburezi bukora akazi kabwo uko bikwiye, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itari gushobora kuba.



  • Kwishyira hamwe basanga bazabikuramo inyungu nyinshi

    Abari mu ruhererekane rwongerera agaciro impu bizeye inyungu mu gukorera hamwe

    Abari mu ruhererekane rwo kongerera agaciro impu n’ibizikomokaho, basanga gukorera hamwe bizatuma banoza ibyo bakora, kuko kuba ba nyamwigendaho byatumaga batunguka kuko hari impu zangirikaga kubera kubura isoko.



Izindi nkuru: