• Ishyura Abonema ya STARTIMES ukoresheje MTN Mobile Money ubashe gutombora

    StarTimes ifatanyije na MTN MoMo byifuje guha abakiriya Noheli n’Ubunani. Muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, StarTimes na MTN MoMo bigiye kuremera abakiriya aho ugura abonema ya StarTimes y’amezi abiri ukoresheje MTN MoMo ugahabwa amezi 2 yisumbuyeho cyangwa ukongezwa iminsi 10 ku buntu bityo bikanaguhesha amahirwe (...)



  • Umuyobozi Mukuru wa BK, Dr Diane Karusisi yahaye igikombe cy

    BK yashimiye abacuruzi bakoresheje ikoranabunga mu kwishyuza ibicuruzwa

    Banki ya Kigali (BK) iri gutanga impano za Noheli n’Ubunani ku bacuruzi bakoresha uburyo bw’ikoranabuhanga kurusha abandi by’umwihariko abakoresha imashini zayo za POS mu gufasha abakiliya kwishyura ibicuruzwa, hakoreshejwe ikarita ya Visa cyangwa Mastercard n’izindi mu kwishyura service cyangwa ibicuruzwa bitabaye (...)



  • Minisitiri Mujawamariya yanyoye ku mazi ya SKOL

    Minisitiri Mujawamariya yanyuzwe n’amazi ya SKOL ari mu macupa arengera ibidukikije

    Ubwo yatahaga uruganda rukora amazi ari mu macupa y’ibirahure ya SKOL Brewery Ltd ku wa Gatanu tariki 18 Ukuboza 2020, Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yatangaje ko imigezi, ibishanga n’ibiyaga by’u Rwanda biruhutse amacupa ya pulasitiki.



  • Imodoka yo mu bwoko bwa Mahindra KUV 100 NXT ni cyo gihembo gikuru kizatangwa muri iyi gahunda

    Banki ya Kigali yatangije Poromosiyo y’impera z’umwaka yise ‘MU MUNYENGA NA MASTERCARD’

    Tariki 14 Ukuboza 2020, Banki ya Kigali yatangiye poromosiyo igenewe impera z’umwaka, ikaba yarayise “Mu Munyenga na Mastercard”. Ni ubukangurambaga buzarangira tariki 31 Mutarama 2021, aho buri cyumweru abakiriya bayo bazajya batsindira (cashback) amatike yo guhahiraho, hakaba abatsindira za mudasobwa na moto buri kwezi, (...)



  • Jovani Ntabgoba

    Sosiyete ‘Chipper Cash’ ishyigikiwe n’umuherwe Jeff Bezos ikomeje kwagurira ibikorwa byayo mu Rwanda

    Kompanyi Chipper Cash ifite icyicaro i San Francisco muri California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika. Ikorera mu bihugu birindwi byo muri Afurika , igakorera no mu Bwongereza.



  • Menya uburyo Internet Banking ya BPR AtlasMara ikurinda gusiragira kuri banki

    Kuva mu kwezi kwa Werurwe 2020 ubwo icyorezo Covid-19 cyadukaga abantu bose basabwe kuguma mu rugo no kwitabira ikoranabuhanga ribafasha guhererekanya amafaranga batayakozeho kandi batari kumwe.



  • Banki ya Kigali irisegura ku bakiriya

    Banki ya Kigali (BK) yatangaje ko mu minsi ibiri ishize muri iyo Banki habaye ibibazo bya tekinike byagize ingaruka kuri serivise iyo Banki iha abakiriya bayo.



  • INYONGERA na StarTimes!

    N’ubwo hari byinshi byahindutse muri uyu mwaka, abantu bongeye kwishimira kuba ubuzima buri gusubira mu buryo n’ubwo butarasubira nk’uko bwahoze mbere, kuko kugeza ubu ibyahuzaga abantu mu kwidagadura harimo ibitaramo, siporo n’ibindi birori bitandukanye biracyakurikiranwa hifashishijwe ikoranabuhanga nka televiziyo (...)



  • Wareba imikino ya La Liga kuri StarTimes

    Igihe Lionel Messi yatangazaga mu cyumweru cya mbere cya Nzeri ko azaguma mu ikipe ya FC Barcelone, ibyishimo byabaye byose muri Espagne.Messi ntabwo ari umukinnyi ubonetse wese.



  • ITANGAZO: StarTimes irisegura ku bakiriya

    Bakiriya bacu, Mu rwego rwo gukomeza kunoza serivisi tubagezaho, tariki ya 09/09/2020 kuva saa sita z’ijoro kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo hazakorwa amavugururwa ku muyobora wa satellite.



  • StarTimes yahawe uburenganzira bwo kwerekana Shampiyona ya Esipanye ‘LaLiga Santander’

    Sosiyete ya StarTimes icuruza ifatabuguzi ry’isakazamashusho n’ibikoresho bijyanye na byo, yatangaje ko yahawe uburenganzira bwo kwerekana shampiyona ya Esipanye y’umupira w’amaguru w’icyiciro cya mbere, shampiyona zwi ku izina rya LaLiga Santander.



  • ITANGAZO: StarTimes irisegura ku bakiriya

    Bakiriya bacu, StarTimes irabamenyesha ko habaye ikibazo ku mirongo ya satellite iri hagati ya 3.7 GHz na 4GHz kuri site ya Jali, ariko turimo kubikemura.



  • Nshuti Thierry ushinzwe Imenyekanishabikorwa muri Banki ya Kigali

    Banki ya Kigali irakwereka uburyo butanu bw’ingenzi bwafasha umuntu kubaka ubukungu

    Banki ya Kigali (BK) ikomeje kwigisha abayigana uburyo bwo gukoresha neza inguzanyo n’ubushobozi buke bikabageza ku bukungu. Ni mu biganiro bikomeje gutangwa buri cyumweru saa tatu z’umugoroba kuri Isibo TV na shene ya YouTube ya Banki ya Kigali, Nshuti Thierry ushinzwe kwamamaza ibikorwa bya Banki ya Kigali, yemeza ko (...)



  • Infinix yarimbishije Kigali, izana telefone nshya ku isoko ry’u Rwanda

    Sosiyete ya Infinix ikora telefone zigezweho n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga yigaruriye amaso y’abagenda muri Kigali yifashishije ibirango yashyize hejuru y’umuturirwa wa KCT uri rwagati Mu mujyi wa Kigali.



  • Icara mu mwaya ugukwiye, ni yo gahunda nshya ya Canal+

    Guhera ku noti ya 5000 Frw wareba Shampiyona z’i Burayi kuri Canal+

    Guhera ubu ikigo gicuruza amashusho cya Canal Plus cyamaze korohereza abafatabuguzi aho bagabanyije ibiciro by’ifatabuguzi ryayo. Bashingiye ku byifuzo by’abakiliya ndetse n’Abanyarwanda by’umwihariko, ubu Canal Plus yamaze gushyiraho ibiciro bishya ku mafatabuguzi basanzwe bafite, aho ubu amafatabuguzi atandatu (...)



  • StarTimes yashyize ibicuruzwa byayo kuri promosiyo yise BAHO NEZA NA STARTIMES

    Mu rwego rwo kurwanya Koronavirusi, StarTimes yahisemo kubaha ibihembo byafasha abaturarwanda kurwanya koronavirusi inashyira ibicuruzwa byayo kuri promosiyo yise BAHO NEZA NA STARTIMES. Iyi promosiyo yatangiye tariki ya 15/06/2020 ikazarangira tariki 31/07/2020.



Izindi nkuru: